skol
fortebet

Imikino

Kylian Mbappe yerekanwe imbere y’ibihumbi by’abafana n’ibihangange bya Real Madrid

Hari hashize iminsi myinshi abakunzi ba Real Madrid bategereje rutahizamu ukomeye w’Umufaransa (…)

APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu wahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Nigeria

Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na Chidiebere Johnson Nwobodo wakiniraga Enugu Rangers yo muri (…)

CECAFA Kagame Cup: Imbamutima za Kapiteni wa APR FC nyuma yo gutsinda umukino wa Kabiri

Nyuma y’umukino wahuje APR FC na El Merreikh, Kapiteni wayo Niyomugabo Claude, yavuze ko (…)

CECAFA Kagame Cup: APR FC yiyongereye amahirwe yo kugera muri 1/4

Ikipe ya APR FC yatsinze umukino wayo wa Kabiri mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup ya 2024 riri (…)

Italiki Umunsi w’igikundiro ’Rayon Day’ uzaberaho n’aho uzabera byamaze kumenyekana

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje itariki ‘Rayon Sports Day’ uzwi ‘nk’Umunsi w’Igikundiro’ wa (…)

CAF Champions League: APR FC yongeye kwisanga mu nzira ya Pyramids FC yo mu Misiri yayisezereye umwaka ushize

Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya (…)

CAF Confederation Cup: Police FC izahura n’Abarabu ku ikubitiro

Nyuma ya tombola y’uko amakipe azahura mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yatwaye (…)

Rayon Sports yakiriye Rutahizamu ukomeye ukomoka muri Congo Brazzaville

Rayon Sports yakiriye Prinsse Junior Elenga Kanga, rutahizamu ukomoka muri Congo Brazzaville (…)

Copa America: Amakipe azakina umukino wa nyuma yamenyekanye

Ikipe y’igihugu ya Colombia yageze ku mukino wa nyuma mu irushanwa rya Copa Amerika, nyuma yo (…)

Myugariro w’Amavubi, Mutsinzi Ange agiye gukina Europa League

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mutsinzi Ange ’Jimmy’, yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi (…)

Ikigo cya Premier Betting cyari mu bikomeye by’imikino y’amahirwe mu Rwanda cyahagaritswe gukorera mu Rwanda

Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyari kiri mu biri (…)

Hamenyekanye amakipe n’imikino ya shampiyona 2024/2025 izakinirwa kuri Sitade Amahoro

Nyuma y’uko sitade Amahoro ivuguruwe ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye (…)

Umukunzi wa Bellingham yongeye guca ibintu kubera amafoto yashyize hanze

Umukunzi wa Jude Bellingham witwa Laura Celia Valk yongeye gutuma abafana bacika ururondogoro (…)

Rayon Sports igiye gusinyisha myugariro waje mu ikipe y’umwaka muri Sénégal

Myugariro w’Umunya-Sénégal, Omar Gningue, wakiniraga AS Pikine yo muri icyo gihugu ategerejwe mu (…)