skol
fortebet

Imikino

Ubu nta rwitwazo mufite"-Perezida Kagame afungura Sitade Amahoro ku mugaragaro

Perezida Paul Kagame uri kumwe na Patrice Motsepe wa CAF bafunguye Sitade Amahoro ku mugaragaro (…)

#EURO2024:Espagne yahamije igitinyiro nyuma yo kunyagira Georgia

Ikipe ya Espagne yatsinze biyoroheye Georgia yari yitabiriye bwa mbere igikombe cy’u Burayi (…)

Ubwongereza bwikuye imbere ya Slovakia bigoranye cyane

Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yatsinze bigoranye Slovakia ibitego 2-1,ikatisha itike ya 1/4 (…)

Fitina OMBOLENGA yasinyiye Rayon Sports ahita ahishura icyamukuruye

Ikipe Rayon Sports yatangaje ko yasinyishije, myugariro Fitina Ombolenga uherutse gutandukana na (…)

#EURO2024:Ubudage bwatsinze Denmark bukatisha itike ya 1/4 cy’irangiza

Ikipe y’igihugu Ubudage yasezereye Denmark iyitsinze ibitego 2-0, bugera muri 1/4 cya Euro (…)

#Euro2024: Ubusuwisi bwasezereye nabi Ubutaliyani bwari bufite igikombe

Ikipe y’Igihugu y’u Busuwisi yabonye itike ya 1/4 cy’Irushanwa ry’Igikombe cy’u Burayi nyuma yo (…)

Niyonzima Olivier Sefu yagarutse muri Rayon Sports

Niyonzima Olivier yasubiye muri Rayon Sports nyuma yo guca muri APR FC, AS Kigali na Kiyovu Sports.

Perezida Kagame niwe uzafungura ku mugaragaro Stade Amahoro

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko Perezida Paul Kagame azataha ku mugaragaro Stade Amahoro ku wa (…)

Lil Wayne yatangaje abaraperi batanu yemera nk’aba mbere mu bihe byose

Umunyamerika wamamaye mu njyana ya hip-hop, Lil Wayne yahishuye abaraperi batanu afata (…)

Simba SC yatumiye APR FC mu birori bikomeye itegura

Ikipe ya Simba Sports Club yo muri Tanzania yemeje ko tariki ya 3 Kanama 2024 ari bwo izahura na (…)

Mukura VS yaguze kapiteni wa Dream FC yageze muri 1/2 cy’imikino ya CAF

ikipe ya Mukura VS yaraye yakiriye myugariro wo hagati,Umunya-Ghana Abdul Jalilu wakiniraga (…)

Amakipe akomeye i Burayi arifuza Umunyarwanda Hakim Sahabo

Ikinyamakuru cyo mu Bubiligi L’avenir cyatangaje ko amakipe arimo Leicester City, Frankfurt na (…)

Stade Amahoro izafungurwa ku mugaragaro kuwa 01 Nyakanga [YAVUGURUWE]

Ikipe ya APR FC na Police FC zigiye guhurira mu mukino wo gutaha ku mugaragaro Stade (…)

Bidasubirwaho APR FC yasinyishije Lamptey wo muri Ghana

APR FC yasinyishije Richmond Lamptey, umunya-Ghana ukina hagati mu kibuga, avuye muri Asante (…)

Rayon Sports yakiriye undi murundi igiye gusinyisha

Rutahizamu Rukundo Abdoul Rahman wakiniraga Amagaju yageze i Kigali aho aje gusinyira Rayon Sports.