skol
fortebet

Imikino

Uwahoze ari umugore wa Dani Alves yagiye mu rubanza rwe avuga ku businzi bwe

Uwahoze ari umugore wa DANI Alves avuga ko yari "yanyweye inzoga nyinshi akagwa ku buriri" nyuma (…)

APR FC yagurishije muri Iraki myugariro wayo wakundwaga na benshi

Ikipe ya Al-Shorta SC yo muri Iraki yatangaje ko yamaze gusinyisha myugariro wa APR FC ukomoka (…)

Umugore wa Thiago Silva yasabye ikintu gitangaje Chelsea

Umugore wa Thiago Silva ukinira Chelsea ariwe Isabelle da Silva, yasabye impinduka muri iyi kipe (…)

Samuel Eto’o yeguye ku buyobozi bwa FECAFOOT abo bakorana barabyanga

Kuri uyu wa mbere,tariki ya 05 Gashyantare, Samuel Eto’o yeguye ku kuba Perezida w’ishyirahamwe (…)

Rwatubyaye yashyize asaba Rayon Sports ko batandukana

Myugariro Rwatubyaye Abdul wari kapiteni wa Rayon Sports,yandikiye iyi kipe ayisaba ko (…)

Odegaard yasubije abashinje Arsenal kwishima bikabije nyuma yo gutsinda Liverpool

Martin Odegaard ashimangira ko Arsenal itishimiye bikabije intsinzi yakuye kuri Liverpool - (…)

Abakinnyi ba Kongo batabarije Abanyekongo bari kwicwa umusubirizo mu Burasirazuba bwa RDC

Rutahizamu Cédric Bakambu uzakina mu ikipe ya Real Betis aheruka kwerekezamo mu kwezi (…)

Rayon Sports yaburiye Rwatubyaye wataye akazi akigira i Burayi

Namenye Patrick,Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports,yatangaje ko basabye myugariro wabo akaba (…)

Benshi banenze bikomeye Arsenal kubera kwishimira bikabije intsinzi ya Liverpool

Benshi mu basesenguzi mu mupira w’amaguru banenze bikomeye Arsenal kubera ukuntu yaba (…)

Arsenal yatsinze Liverpool biyigarura mu makipe ahatanira Premier League

Mu mukino wari ukomeye kandi utegerejwe na benshi,Arsenal yakiriye Liverpool iyitsinda ibitego (…)

Chairman wa APR FC yemeje ko APR FC ariyo kipe ifite abafana benshi mu Rwanda

Umuyobozi wa APR FC, Col Karasira Richard yatangaje ko ari yo kipe irusha izindi abafana mu (…)

Rayon Sports yatsinze Marines FC yegera APR FC

Ikipe ya Rayon Sports FC yabonye amanota atatu n’umwanya wa kabiri nyuma yo gutsinda Marines FC (…)

APR FC yatsinze Musanze FC muri Shampiyona isiga bikomeye iziyikurikiye

Ikipe ya APR FC ikomeje gushimangira ubudahangarwa bwayo muri shampiyona kuko yasuye Musanze FC (…)

Rwatubyaye yaciye mu rihumye Rayon Sports yisubirira i Burayi

Myugariro Abdul RWATUBYAYE yaciye Rayon Sports mu rihumye,yigira mu ikipe ya FC Shkupi yo muri (…)

Côte d’Ivoire yasezereye Mali mu mukino wabayemo ibidasanzwe

Ikipe ya Côte d’Ivoire y’abakinnyi 10 yasezereye Mali iyitsinze ibitego 2-1 mu mukino (…)