skol
fortebet

Imikino

Ubutumwa KNC yahaye abakinnyi be bwateye benshi urujijo ku hazaza ha Gasogi United

Perezida w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’ akomeje gutera benshi urujijo (…)

Gasogi United ntiyemerewe kwikura mu marushanwa ya FERWAFA

Umunyamabanga wa FERWAFA,Kalisa Adolphe,yatangaje ko ikipe ya Gasogi United itemerewe kwikura mu (…)

Abakinnyi babiri ba Arsenal bari bagiye kurwana nyuma y’umukino

Ba myugariro ba Arsenal,Ben White na Oleksandr Zinchenko bagaragaye bashyamirana ndetse bari (…)

Général yafashe umwanzuro ukomeye nyuma yo kuyobora Kiyovu Sports ikamuzengereza bikomeye

Uwahoze ari Perezida w’Umuryango Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis ’Général’, yemeje (…)

Afrika y’epfo yatunguye Maroc igera muri ¼ cy’irangiza [Uko amakipe azahura muri 1/4]

Ku nshuro ya 7,Afrika y’epfo yageze muri ¼ cy’irangiza cy’igikombe cy’Afrika nyuma yo gusezerera (…)

KNC yamaze gushyikiriza FERWAFA na Rwanda Premier League ibaruwa isezera

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) na Rwanda Premier League bemeje ko (…)

Uko Rashford yanyoye inzoga nyinshi bikarangira ananiwe gukora imyitozo

Bivugwa ko Marcus Rashford yaryamye yambaye imyenda nyuma yo kumara amasaha 12 anywa inzoga (…)

Uko Emerse Faé wari wasuzuguwe yihesheje icyubahiro agasezerera Senegal

Umutoza Emerse Faé,ni umugabo utuje cyane waraye asezereye ikipe ya Senegal yahabwaga amahirwe (…)

Umukinnyi wa Senegal yananiwe kugenda nyuma yo gutsindwa bamujyana mu rwambariro bamuteruye

Umukinnyi wo hagati wa Senegal,Lamine Camara w’imyaka 20 yahwereye nyuma yo gusezererwa na Côte (…)

Kyle Walker mu marira nyuma yo guca inyuma umugore we akirukanwa mu nzu

Myugariro wa Man City,Kyle Walker yagize icyo avuga ku bubabare bwo kwirukanwa mu rugo rwe (…)

#AFCON2023:Cote d’Ivoire yasezereye Senegal yahabwaga amahirwe menshi yo kwisubiza igikombe

Nyuma yo kuzamuka mu matsinda ku giceri,Cote d’Ivoire yasezereye Senegal ifite igikombe giheruka (…)

Marcus Rashford agiye gucibwa akayabo kubera ikosa rikomeye aherutse gukora

Rutahizamu Marcus Rashford ashobora gucibwa akayabo k’ibihumbi 650,000 by’amapawundi nyuma yo (…)

KNC yahishuye impamvu yahisemo gusesa Gasogi United aho kuyigurisha abandi

Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles yatangaje ko uyu munsi ararara atanze urwandiko rwo gusesa (…)

Hamenyekanye ukuri ku byerekeye kuva muri Arsenal kwa Mikel Arteta

Sky Sports yabwiwe ko Mikel Arteta nta gahunda afite yo kuva muri Arsenal nyuma y’uyu mwaka (…)

Amakuru mashya ku byerekeye gusesa Gasogi United kwa KNC

Umunyemari Kakooza nkuriza Charles, KNC,aherutse gutangaza ko yafashe umwanzuro wo gusesa kipe (…)