skol
fortebet

Imikino

APR FC yatsinze Amagaju FC isoza imikino ibanza iyoboye Shampiyona

Ikipe ya APR FC yatsinze Amagaju FC ibitego 3-1 mu mukino wabereye i Huye, isoza imikino 15 (…)

Felipe Luis yahishuye ukuntu yahemukiye Di Maria akoresheje umugore we bikamugiraho ingaruka

Uwari Myugariro, Felipe Luis wamenyekanye mu ikipe ya Atletico Madrid,yahishuye ko ikintu yicuza (…)

Ten Hag yibasiye bikomeye abakinnyi be nyuma yo kunyagirwa

Umutoza Erik Ten Hag yanenze abakinnyi ba Manchester United ko "atari beza bihagije" nyuma yo (…)

Umukino wa La Liga wasubitswe kubera umufana wapfiriye muri sitade

Umukino wa La Liga Granada yari yakiriye Athletic Bilbao urasubukurwa kuri uyu wa mbere nyuma (…)

Pep Guardiola yeteye urujijo ku mvune ya Haaland

Umutoza Pep Guardiola yemeje ko atazi igihe Erling Haaland azamara mu mvune nyuma yo (…)

AS Kigali yatsinze Rayon Sports nyuma y’imikino irindwi idatsinda

AS Kigali yatsinze Rayon Sports ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 14 wa Shampiyona wabereye (…)

"Ibi hari ugomba kubizira"-KNC yarakaye nyuma yo kunyagirwa na Mukura VS

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yijeje gukora impinduka zikomeye nyuma (…)

Abahungu batanu bapfuye abandi 28 bajyanwa kwa muganga kubera gusiramurwa nabi

Abahungu batanu bapfuye, abandi 28 bajyanwa mu bitaro bitandukanye byo muri Elgeyo Marakwet,muri (…)

Cristiano Ronaldo yakinnye umukino we w’1200 anawutsindamo igitego

Cristiano Ronaldo yakinnye umukino wa 1200 nk’uwabigize umwuga, atsindamo igitego ndetse atanga (…)

Mauricio Pochettino yahishuye ikintu kimuhangayikishije cyane muri Chelsea

Umutoza w’ikipe ya Chelsea muri Premier League, Mauricio Pochettino, yatangaje ko Chelsea (…)

APR FC yagarutse mu bihe byiza inyagira Gorilla FC

Ikipe ya APR FC yanyagiye Gorilla FC ibitego 4-1,biyifasha kongera kugaruka mu bihe byiza no (…)

Ikipe y’umupira w’amaguru yatezwe n’abagizi ba nabi barasa ku bakinnyi

Umwana utoragura imipira yajyanywe mu bitaro nyuma y’uko ikipe y’umupira w’amaguru yatezwe (…)

FERWAFA yasabye amakipe kuyigarurira amafaranga yayoherereje yibeshye

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryandikiye amakipe y’abagore atandukanye (…)

Abakina muri shampiyona y’u Rwanda bagiye kujya bahabwa ibihembo bishimishije

Abashinzwe gutegura shampiyona y’u Rwanda aribo Rwanda Premier League basinyanye amasezerano (…)

Umuyobozi wa APR FC yasubije abifuza ko umutoza Froger yirukanwa

Umuyobozi wa APR FC, Lt Col Richard Karasira, yasubije abibaza ku hazaza h’umutoza Thierry (…)