skol
fortebet

Imikino

Jose Mourinho yemeje ko Arsenal itazatwara igikombe cya shampiyona cy’uyu mwaka

Umutoza Jose Mourinho yavuze ko ikipe iyoboye Premier League,Arsenal,nta mahirwe ifite yo (…)

Hasohotse urutonde rw’uko amakipe yo muri Premier League arutanwa kugira abafana bishimye

Nkuko buri mufana muri buri gihugu abizi,ikipe ye ishobora rimwe na rimwe kuguha ibyishimo uyu (…)

Van Dijk yari agiye kurwanira mu rwambariro n’umukinnyi wa Man United

Kapiteni wa Liverpool,Virgil van Dijk,yagaragaye mu rwambariro agiye kurwana n’umunyezamu wa Man (…)

#PL: Kapiteni wa Luton Town yaguye mu kibuga bituma umukino usubikwa/Man City ikomeje guhunga igikombe

Kapiteni wa Luton Town, Tom Lockyer yagaruye ubwenge nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wa (…)

Ikipe ikomeye mu Bwongereza yiyemeje kwegukana umunyezamu Ramsdale wa Arsenal

Ikipe ya Chelsea iritegura kongera ingufu mu gushaka umunyezamu wa Arsenal, Aaron Ramsdale nyuma (…)

Caicedo yahishuye impamvu yanze kujya muri Liverpool yamutanzeho akayabo

Umunya Ecuador,Moises Caicedo yashimangiye ko "bitari gushoboka" kuterekeza muri Chelsea - nubwo (…)

Perezida w’ikipe uheruka gukubitira umusifuzi mu kibuga yahawe igihano gikomeye

Perezida wa ANKARAGUCU, Faruk Koca, yahagaritswe ubuzima bwe bwose mu mupira w’amaguru kubera (…)

Amissi Cedric agiye kugaruka muri Rayon Sports nyuma y’imyaka 10

Rutahizamu Amissi Cedric wakunzwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports agiye kuyigarukamo mu gice (…)

Uwabaye kapiteni wa Westham ahembwa akayabo yarakenye ananirwa no kwigurira ama inite

Umugabo wahoze akina muri Premier League,ahembwa 40.000 buri cyumweru yarakennye cyane ndetse (…)

Icyo myugariro Timber yavuze ku kuba yasuye u Rwanda

Myugariro wa Arsenal FC, Jurrien Timber, ubu uri mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi (…)

U Rwanda rwungutse undi musifuzi mpuzamahanga,Mukansanga ahabwa inshingano zirenze

FIFA yemeje abasifuzi mpuzamahanga 17 mu Rwanda mu 2024, Mukansanga Salima ahabwa ‘ibyangombwa” (…)

Muhire Kevin yasezeranye n’umukunzi we imbere y’amategeko [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Rayon Sports, Muhire Kevin yasezeranye imbere y’amategeko na Cyuzuzo Delphine mu (…)

FIFA yatangaje abakinnyi batatu izakuramo uzegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza ku isi

Ba rutahizamu bakomeye barimo Erling Haaland, Kylian Mbappe na Lionel Messi nibo batoranyijwe (…)

Rayon Sports yasubije uwavuze ko yahaye abana imigati yapfuye uwe akarwara

Ikipe ya Rayon Sports yavuze ko hari abashaka kwica isoko ryayo ryo gucuruza umugati wayo witwa (…)

Amakipe 16 yakomeje muri 1/16 cya UEFA Champions League yamenyekanye

Ikipe ya PSG na Porto nizo zinjiye bwa nyuma mu mikino ya 1/16 cya UEFA Champions League mu (…)