skol
fortebet

Imikino

Rayon Sports mu nzira yo kubona umukinnyi wayibera igisubizo aho irwaye

Ikipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo gushaka umukinnyi wo hagati ufasha Aruna Mussa Madjaliwa (…)

Abakinnyi ba Arsenal bagaragaye bashwanira mu kibuga mbere yo gutsindwa na Fulham

Umukinnyi mushya wa Arsenal,Declan Rice,yarakajwe no gutsindwa ibitego 2-1 na Fulham mu mukino (…)

Kiyovu Sports ishobora kudakomeza shampiyona kubera ubukene bukabije

Perezida w’Abafana ba Kiyovu Sports, Minani Hemed yatangaje ko niba nta gikozwe, iyi kipe (…)

Rayon Sports y’abagore yasinyishije kapiteni wa AS Kigali

Kapiteni wa AS Kigali WFC, Nibagwire Libellée, yerekeje muri Rayon Sports aho yasinye (…)

Real Madrid yongeye kugarukana imbaraga muri dosiye ya Mbappe

Ikipe ya Real Madrid irateganya kuvugana na Kylian Mbappe mu cyumweru cya mbere cya Mutarama (…)

Pep Guardiola yagiriye inama ikomeye abakinnyi be nyuma y’akaga Grealish yahuye nako

Umutoza wa Man City, Pep Guardiola, yabwiye abakinnyi be bakize ko bahora barebwa ku mbuga (…)

Chairman wa APR yavuze ku kibazo cya Ombolenga n’icyo Mapinduzi Cup izabamarira

Chairman wa APR,Col.Richard Karasira yavuze ko mu banyamahanga bane bazanye bazakuramo babiri (…)

APR FC yakoze igikorwa cy’urukundo mbere yo kwerekeza muri Mapinduzi Cup 2024

Ikipe ya APR FC yasuye abarwayi barwariye mu bitaro bya Muhima,isangira nabo,inabifuriza umwaka (…)

Perezida wa Sunrise FC wafunzwe azira kunyereza umutungo yarekuwe

Umuyobozi wa Sunrise FC Hodari Hilary yarekuwe nyuma yo gufungwa mu ntangiriro z’uku kwezi (…)

APR FC yashyize hanze abakinnyi 24 izakoresha muri Mapinduzi Cup barimo batandatu bashya

Ikipe ya APR FC yashyize hanze abakinnyi 24 izakoresha muri Mapinduzi Cup 2024 batarimo Thadeo (…)

APR FC yafatiye ibihano uwari kapiteni wayo Ombolenga

Myugariro Omborenga Fitina yambuwe igitambaro cya Kapiteni wa APR FC ndetse akurwa mu bakinnyi (…)

Police FC yaguze rutahizamu uri mu bahagaze neza mu Rwanda

Police FC yaguze Rutahizamu wa Musanze FC, Peter Agblevor, imusinyisha amasezerano y’umwaka umwe (…)

Arteta yavuze ku byo kugura abakinnyi bashya muri Arsenal

Umutoza MIKEL ARTETA avuga ko Arsenal yiteguye kwitaba ku isoko ryo kugura abakinnyi muri (…)

AS Kigali yatangaje umutoza mushya umenyerewe mu Rwanda

Ikipe ya AS Kigali yatangaje ko Umukongomani Guy BUKASA ariwe mutoza mukuru wayo usimbura Casa (…)

AS Kigali igiye kugaruka mu isura nshya izakangaranya abakeba

Perezida w’Icyubahiro wa AS Kigali, Shema Fabrice yatangaje ko mu mikino yo kwishyura ya (…)