skol
fortebet

Imikino

Ibigwi by’amakipe 5 ahabwa amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cya #AFCON2024

Harabura iminsi 3 gusa kugira ngo igikombe cya Afurika kigiye kuba ku nshuro ya 34 gitangire mu (…)

Biravugwa: APR FC yahisemo kudakina umwanya wa gatatu kubera imisifurire mibi

Ikipe ya APR FC yafashe umwanzuro wo kutazongera kugaragara mu irushanwa rya Mapinduzi Cup,nyuma (…)

Mapinduzi Cup: Mlandege FC yugariye cyane birangira isezereye APR FC

Ikipe ya Mlandege FC yo muri Zanzibar yatsinze APR FC kuri penaliti 4-2 biyifasha kugera ku (…)

Mudasobwa ikora ijanisha yagaragaje amakipe afite amahirwe menshi yo kwegukana #AFCON2023

Abahanga bo mu kigo cya Opta Super Computer bamaze gushyira hanze imibare (ijanisha) igaragaza (…)

Rayon Sports idafite abakinnyi 5 igenderaho yasinyishije umunyezamu mushya

Rayon Sports yasinyishije bidasubirwaho umunyezamu w’umunya Senegal, Khadime Ndiaye,ndetse ngo (…)

Umukinnyi wa Kiyovu Sports yafatiriye ibikoresho by’ikipe kugira ngo imwishyure

Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Obediah Mikel Freeman, yafatiriye ibikoresho birimo imipira kubera (…)

Umunyezamu Rayon Sports yari itegereje yageze mu Rwanda

Umunyezamu w’Umunya-Sénégal, Khadime Ndiaye,wakiniraga Guédiawaye FC yo mu Cyiciro cya Mbere (…)

FERWAFA igiye kongera kuzamura umubare w’abanyamahanga mu cyiciro cya mbere

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,rirashaka ko muri Shampiyona y’icyiciro cya (…)

Mapinduzi Cup 2024: APR FC irakina na Mlandege FC icungana no kunganya gusa

Kuri uyu wa Kabiri, APR FC iracakirana na Mlandege yo muri Zanzibar saa moya na cumi nitanu (…)

Sadio Mane yashyize hanze amafoto y’ubukwe bwe na Aisha Tamba [AMAFOTO]

Rutahizamu Sadio Mané,watwaye ibihembo bibiri by’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri (…)

Franz Beckenbauer,Umunyabigwi mu mupira w’Ubudage yatabarutse

Umunyabigwi wa Bayern Munich n’ikipe y’igihugu y’Ubudage,Franz Beckenbauer yatabarutse ku myaka 78.

Mapinduzi Cup: Bamwe mu bakinnyi APR FC igenderaho bagize imvune zitazatuma bakina 1/2

Umuganga w’Ikipe ya APR FC ,Major DR Hope Jean Marie Vianney yatangaje ko Victor Mbaoma (…)

Rayon Sports igiye kuzana umunyezamu ukomoka muri Senegal

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha umunyezamu wa Guédiawaye FC witwa Khadime Ndiaye,ukomoka (…)

Simba SC yiyemeje gutanga akayabo ku mukinnyi APR FC igenderaho

Ikipe y’igihangange muri Tanzaniya, Simba Sports Club yatangiye gukurikirana rutahizamu wa APR (…)

Umukinnyi wa Gasogi United nawe yakoze ubukwe

Mu gihe abandi barimo kwizihiza iminsi mikuru,benshi mu bakinnyi basuye abakunzi babo (…)