skol
fortebet

Imikino

Kylian Mbappe yaba yemeye kuzakinira Real Madrid umwaka utaha

Rutahizamu wa Paris St-Germain,Umufaransa Kylian Mbappé w’imyaka 25 yemeye amasezerano yo (…)

Sadio Mane yakoze ubukwe n’umukobwa w’uburanga wiga muri Kaminuza [AMAFOTO]

Amafoto y’umugore wa Sadio Mané yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga avuga ko uyu munya Senegal (…)

APR FC yasezereye Yanga SC yiyongerera amahirwe yo gutwara Mapinduzi Cup

Ikipe ya APR FC yageze muri 1/2 cya Mapinduzi Cup itsinze Young Africans SC yo muri Tanzania (…)

Iradukunda Bertrand wakiniye Amavubi na APR FC yabaye umwogoshi muri Canada

Iradukunda Bertrand ‘Kanyarwanda OG’ wakiniye amakipe arimo iy’Igihugu "Amavubi", APR FC na (…)

Umutoza wa APR FC yahishuye amayeri azakoresha kugira ngo asezerere Yanga SC

Umutoza wa APR FC,Thierry Froger yatangaje ko kugira ngo asezerere Yanga SC agomba gukinira ku (…)

Kimenyi Yves yasabye anakwa Muyango bamaze igihe bakundana

Umunyezamu wa AS Kigali,Kimenyi Yves yasabye anakwa umukunzi we, Uwase Muyango Claudine mu (…)

Hamenyekanye akayabo Amissi Cédric yaciye Rayon Sports igahita iva mu biganiro

Mu minsi ishize nibwo Rutahizamu Amissi Cedric wakunzwe cyane n’abakunzi ba Rayon Sports yaciye (…)

Mario Zagallo wakoze agahigo gakomeye mu ikipe ya Brazil yapfuye

Icyamamare mu mupira w’amaguru muri Brazil, Mario Zagallo, wegukanye ibikombe bine by’isi (…)

Abakinnyi ba ADDAX SC babaye abere nyuma yo gushinjwa ko bariye Dendo y’umuturanyi

Abakinnyi b’ikipe ya ADDAX FC Juvenal Mvukiyehe ni abere ntabwo bigeze barya dendo [dindon] (…)

Rayon Sports yakiriye undi rutahizamu w’umunyekongo

Rayon Sports yakiriye rutahizamu witwa Thang Kadinda wakinaga muri DC Virunga y’i Goma,kugira (…)

APR FC yahagamye Simba SC itombora Yanga SC muri 1/4

Ikipe ya APR FC yahagamye Simba SC banganya 0-0 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda B muri (…)

FERWAFA izakoresha miliyari 10RWF muri uyu mwaka wa 2024

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryagaragaje Ingengo y’Imari izakoresha (…)

Pistorius wamamaye mu mikino ya Olempike yavuye muri gereza nyuma y’imyaka 9

Oscar Pistorius, ukomoka muri Afurika y’Epfo wamamaye mu mikino ngororangingo y’abafite ubumuga, (…)

Abakinnyi ba ADDAX FC barashinjwa kurya Dendo y’umuturanyi wabo batayihawe

Urugo ruturanye n’aho abakinnyi b’ikipe ya ADDAX FC ya Mvukiyehe Juvenal rurabarega kurya dendo (…)

Kapiteni wa APR FC yijeje abafana kwegukana Mapinduzi Cup 2024

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane,Tariki ya 04 Mutarama, ikipe ya APR FC yakoze imyitozo ya nyuma (…)