skol
fortebet

Imikino

Haringingo yamaze kugirwa umutoza wa Bugesera FC

Haringingo Francis Christian yagizwe umutoza mukuru wa Bugesera FC ahabwa amasezerano y’umwaka (…)

Se wa Ramsdale yibasiye Arteta ashinja gufata nabi umuhungu we

Se wa Aaron Ramsdale yanenze uburyo Mikel Arteta ari gufata umuhungu we muri Arsenal ariko asaba (…)

Umutoza Nshimiyimana yatandukanye na Bugesera FC itari imeze neza

Binyuze mu bwumvikane bw’impande zombi, Bugesera FC na Eric Nshimiyimana wari umutoza wayo (…)

Ku rutonde rw’abavunitse muri Man United hiyongereyeho abakinnyi babiri

Ikipe ya Manchester United ishobora kuzaba idafite Rasmus Hojlund mu mukino ukomeye wa Champions (…)

Umutoza mukuru wa Kiyovu Sports yamaze kuyisezeraho

Umugereki Petros Koukouras watoza Kiyovu Sports, yananiwe kwihanganira ibibazo by’amikoro ifite, (…)

Umunyamerikakazi wamenyekanye muri ruhago yavuze ko nta Mana ibaho kubera ko yavunitse

Umukinnyi w’umupira w’amaguru muri Amerika, Megan Rapinoe, yakoze ibishoboka byose kugira ngo (…)

Abakinnyi babiri batanga icyizere bakuwe mu Mavubi azakina na Zimbabwe

Rutahizamu wa Kiyovu Sports, Mugunga Yves na Iradukunda Elie Tatou ukina hagati afasha abataha (…)

Hamenyekanye indi kipe yo mu Rwanda Youssef Rharb ashobora kwerekezamo

Umunya Maroc wakiniraga ikipe ya Rayon Sports ashobora kwerekeza mu ikipe ya Gorilla FC nyuma (…)

Amavubi yerekeje i Huye aho azahanganira na Zimbabwe

Ikipe y’Igihugu Amavubi yahagurutse i Kigali yerekeza mu Karere ka Huye aho izakorera imyitozo (…)

Amakipe y’u Rwanda yabonye intsinzi imwe mu mikino itatu

Kuri iki Cyumweru amakipe y’u Rwanda ya Sitting volleyball mu bagabo n’abagore yaserutse mu (…)

Ba nyiri Manchester United bafitiye ubwoba bukomeye abafana bwatumye batitabira igikorwa cy’ingenzi

Kuri uyu wa 13 Ugushyingo ni bwo hateganyijwe umuhango wo gushyingura umunyabigwi muri (…)

Umutoza wa Brighton yavuze urwango rukabije yanga abasifuzi b’Abongereza

Umutoza Roberto De Zerbi yarakaye cyane,avuga ko adakunda ’80 ku ijana by’abasifuzi ba Premier (…)

Mamelodi Sundowns yabaye ikipe ya mbere yegukanye African Football League

Ikipe ya Mamelodi Sundowns (Afurika y’Epfo) yatwaye igikombe cya mbere cya African Football (…)

Umunya Ghana wakinnye muri LA LIGA yaguye mu kibuga arapfa

Rutahizamu w’imyaka 28 ukomoka muri Ghana,Raphael Dwamena wakinnye muri Espagne mu makipe nka (…)

Umutoza wa Chelsea yaburiye Man City bagiye guhura

Umutoza Mauricio Pochettino yavuze ko "bidashoboka" ko ikipe ye ya Chelsea yiyumva ko yoroshye (…)