skol
fortebet

Imikino

Amavubi yahamagaye umukinnyi ukina mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi

Hendrick Yves Mutamuliza w’imyaka 18 ukinira Racing White Daring Molenbeek yo mu Cyiciro cya (…)

Se wa Luis Dias yavuze ubuzima bugoye yaciyemo nyuma yo gushimutwa

Se wa Luis Díaz ukinira Liverpool yaturitse ararira ubwo yatangiraga kuvuga ku ishimutwa rye (…)

Arteta yabwiye amagambo akomeye Ramsdale bivugwa ko ashaka kugenda

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yabwiye Aaron Ramsdale kutihutira gufata icyemezo icyo ari cyo (…)

Caicedo yahishuye umukinnyi watumye atera umugongo Liverpool akerekeza muri Chelsea

Umukinnyi wo hagati Moises Caicedo yatangaje ko Enzo Fernandez yamwinginze ngo yinjire muri (…)

Umutoza w’Amavubi yanenze urwego abakinnyi be bariho

Umutoza Torsten Frank Spittler yatangaje ko abakinnyi bo mu Rwanda badafite ubumenyi bw’ibanze (…)

David de Gea agiye kubona ikipe nyuma yo gutandukana na Man United

Amakuru aravuga ko umunyezamu David de Gea ari mu biganiro n’ikipe y’iwabo muri Espagne ya Real (…)

Umuvandimwe wa Marcus Rashford yafunzwe ashinjwa gukubita umukunzi we

Umuvandimwe wa Marcus Rashford yatawe muri yombi akekwaho gukubita umukunzi we nyuma yo (…)

Se wa Luis Diaz yarekuwe n’inyeshyamba zari zamushimuse

Amakuru aturuka kuri polisi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Colombia aravuga ko se (…)

Umutoza mushya w’Amavubi yavuze ibintu bibiri byamuzanye mu Rwanda

Mu kiganiro cya mbere yagiranye n’itangazamakuru, Umutoza w’Ikipe y’Igihugu “Amavubi”, Torsten (…)

Umutoza Ten Hag yagaragaje icyatumye Man United itsindwa na Copenhagen

Umutoza Erik Ten Hag yavuze ko ikarita itukura yahawe Marcus Rashford itari ikwiriye anashinja (…)

Umugore wa Wayne Rooney yahishuye ubuzima bubi yaciyemo ubwo yamenyaga ko yamuciye inyuma bwa mbere

Madamu Coleen Rooney yagize icyo avuga ku byiyumvo byo "kubabara no gukorwa n’isoni" yagize ubwo (…)

Champions League: Amakipe ane niyo amaze kugera muri 1/8

Bayern Munich, Real Madrid, Real Sociedad na Inter Milan zageze muri 1/8 cya UEFA Champions (…)

Umubano mubi w’abakinnyi n’umutoza ukomeje gutuma Man United itsindwa umusubirizo

Abakinnyi bamwe Manchester United baremeza ko uburyo Erik Ten Hag afata bamwe mu bakinnyi bigira (…)

CECAFAU15: Amavubi U15 yasezerewe nyuma yo gutsindwa na Tanzania

U Rwanda rwatsinzwe na Tanzania ibitego 2-1, uba umukino wa kabiri rutakaje muri CECAFA U-15 iri (…)

Umukinnyi Zimbabwe igenderaho yavunitse mbere yo gukina n’u Rwanda

Umukinnyi w Zimbabwe witwa Marshall Munetsi ukina hagati mu kibuga yagiriwe inama n’ikipe (…)