skol
fortebet

Imikino

Umutoza Carlo Ancelotti yabonye impamyabumenyi y’ikirenga muri Kaminuza

Umutoza w’Umutaliyani,Carlo Ancelotti, kuri ubu utoza ikipe ya Real Madrid yahawe (…)

Uwahoze akinira Man United yakoze ubukwe bwe n’umukunzi we gusa

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Alex Telles yakoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi (…)

Umukobwa ukinira Aston Villa yemeje ko yanze miliyoni 90 FRW ngo ararane ijoro rimwe n’icyamamare

Umukinnyi wa Aston Villa, Alisha Lehmann, yatangaje ko yanze icyifuzo kibi cy’umwe mu byamamare (…)

Rwatubyaye yavuze ku mwuka mubi uri kuvugwa muri Rayon Sports

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Rwatubyaye Abdul,yatangaje ko iyi kipe igomba gutsinda Etoile (…)

"N’Akagera ntiyagatoza ngo agashobore"-Abafana ba APR FC banenze ubushobozi bw’umutoza Froger

Abafana ba APR FC mu gahinda gakabije,bavuze ko batumvise ukuntu iyi kipe yanganyije na Bugesera (…)

Ngendahimana Ladislas yikuye mu matora ya FERWACY ahita asubikwa

Ngendahimana Ladislas wari wiyamamarije kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda, (…)

Abayobozi ba APR FC bakoze inama yiga ku mutoza nyuma yo kunanirwa Bugesera FC

Abayobozi ba APR FC barimo Chaiman wayo, Lt Col Richard Karasira na Uwayezu François Régis (…)

Bugesera FC yatesheje amanota APR FC itagikanganye

Ikipe ya APR FC iyanganyije na Bugesera FC igitego kimwe kuri kimwe, mu mukino w’umunsi wa (…)

Musanze FC yateye mpaga Etincelles FC yari yayakiriye muri shampiyona

Ikipe ya Etincelles FC yaterewe mpaga ku kibuga cyayo [Stade Umuganda] nyuma yo kubura (…)

Rayon Sports yatanze amakuru ku mukino wayo na Etoile de l’Est

Rayon Sports yashyize hanze ibiciro byo kwinjira ku mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa (…)

Umusaza arashinja FERWAFA kwiba umwanya w’umuhungu we mu ishuri rya Bayern Munich

Umusaza witwa Izabitegeka Innocent ari gusaba inzego zitandukanye kumurenganura nyuma y’aho (…)

Hamenyekanye igihe Tour du Rwanda 2024 izabera

Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda 2024 bwatangaje ko iri rushanwa rizakinwa ku nshuro ya 16, (…)

Kizigenza Eden Hazard yahagaritse gukina umupira w’amaguru ku myaka 32 gusa

Umukinnyi Eden Hazard wamenyekanye cyane akinira Chelsea yatangaje ko yahagaritse gukina umupira (…)

Kenya yahawe amahirwe akomeye mu mupira w’amaguru Amavubi ashobora kungukiramo

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF yahisemo Kenya ko yakira imikino ihuza (…)

Umukunzi w’umukinnyi James Maddison yasajije benshi kubera amafoto yashyize hanze

Umukunzi w’umukinnyi wa Tottenham, James Maddison witwa Kennedy Alexa, yafashe bugwate imbuga (…)