skol
fortebet

Imikino

Reba itsinda Rayon Sports yari kujyamo iyo igera muri CAF Confederation Cup

Hakozwe tombola y’uko amakipe azahurira mu matsinda ya CAF Confederation Cup yagoye cyane Rayon (…)

Yatsindiye Miliyoni 85 Frw muri Fortbet

Vuba aha, umukiriya umwe wa Fortbet ukomoka mu karere ka Rubavu yatsindiye asaga miliyoni 85 (…)

Kalisa Rashid yemeje ko yakinnye umukino wa Al Hilal SC wose afite imvune

Mu gihe benshi mu bakunzi ba Rayon Sports bakiri mu gahinda batewe no kutagera mu matsinda ya (…)

Zari yahaye igisubizo gikomeye abamusaba kuva mu nzu ya Diamond Platnumz

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan,ukomoka muri Uganda yibasiye abamuserereza (…)

Abafana ba Rayon Sports basabwe ikintu gikomeye nyuma y’agahinda batewe na Al Hilal SC

Umwe mu bayobozi b’abafana ba Rayon Sports yasabye abo basangiye gukunda iyi kipe ko (…)

Tour du Rwanda yabonye umuyobozi mushya w’inararibonye

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda, FERWACY, ryahaye akazi Philippe Colliou (…)

Lionel Messi ari gusarura miliyoni 60 z’Amadorali ya Amerika buri Mwaka

Nyuma y’amezi hafi atatu umukinnyi w’igihangange mu mupira w’amaguru Lionel Messi atangiye (…)

Kiyovu Sports yongeye gukubitana n’ikibazo gikomeye cy’ideni

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi,FIFA, yandikiye ubuyobozi bwa Kiyovu SC (…)

Umunyarwanda yatwaye agace ka 3 ka Grand Prix Chantal Biya, ahiga kwegukana irushanwa

Umunyarwanda Niyonkuru Samuel yegukanye Agace ka Gatatu k’Isiganwa ry’Amagare “Grand Prix (…)

Rutahizamu wa Man United yabyaye imfura ye ku myaka 19 amwitirira uwo bakinana

Umukinnyi wa Manchester United,Alejandro Garnacho yishimiye ivuka ry’umwana we w’imfura (…)

Umukinnyi wa FC Barcelona yavuye mu kibuga ajya mu bwiherero ntiyagaruka gukina

Umukinnyi Lamine Yamal ukina asatira yerekeje mu bwiherero umukino ugeze hagati,ku munota wa 71 (…)

Igikombe cy’isi 2030 kizakirwa n’ibihugu 6 byo ku migabane itatu

Amakuru avugea kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Ukwakira nuko Igikombe cy’Isi cya 2030 kizakirwa (…)

Klopp yasabye ikintu gikomeye nyuma yo kwibwa bikomeye na VAR

Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp arifuza ko umukino wahuje ikipe ye na Tottenham,ukabamo (…)

Mvukiyehe Juvenal yasubije General uheruka kumwirukana muri Kiyovu Sports

Perezida wa Board ya Kiyovu Sports Company Ltd, Bwana Juvenal MVUKIYEHE, yasubije Bwana (…)

Umutoza Ten Hag yavuze amagambo akomeye kuri Onana ukomeje gutsindisha United

Imyitwarire mibi y’umunyezamu Andre Onana ku mukino wa Galatasaray, yatumye abafana ba Man (…)