skol
fortebet

Imikino

Umunyabigwi Ronaldo yashatse umugore wa gatatu arusha imyaka 14

Ku wa gatanu,tariki ya 22 Nzeri, icyamamare muri Brazil, Ronaldo Luis Nazario de Lima,yakoze (…)

Ibihugu bitatu byo muri EAC byahawe kwakira igikombe cya Afurika mu bagabo

Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba aribyo Kenya, Uganda na Tanzania nibyo byemerewe na CAF (…)

Perezida wa Rayon Sports yagarutse ku bavuzweho gushaka guha ruswa abakinnyi ngo bitsindishe

Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidele yavuze ko hari abantu benshi batifuza ko yateze (…)

Victor Osimhen yashwanye bikomeye n’ikipe ye ya Napoli yamuhemukiye

Rutahizamu Victor Osimhen wa Napoli yarakariye cyane iyi kipe nyuma y’uko ishyize videwo ku (…)

Perezida wa Rayon Sports yahaye amakuru meza abafana ku bakinnyi bayo

Perezida wa Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele,yatangaje ko abakinnyi bari mu mvune bose ari (…)

APR FC yagiye ikubita agatoki ku kandi yageze amahoro mu Misiri

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu “APR FC”,yageze i Cairo, yakiriwe n’ushinzwe ibikorwa bya gisirikare (…)

Hoteli iri kwishyuza Kiyovu Sports akayabo k’amamiliyoni iyibereyemo

Ikipe ya Kiyovu Sports itamerewe neza na gato irasabwa kwishyura akayabo ka miliyoni zisaga 154 (…)

Kiyovu Sports Association yambuye Juvenal ubuyobozi bw’ikipe

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports Association bwafashe umwanzuro wo gukura Kiyovu Sport FC mu biganza (…)

Ikipe y’u Rwanda yihagazeho igabanya ibitego yanyagiwe na Ghana

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore yasezerewe n’iya Ghana ku giteranyo cy’ibitego 12 ku busa (…)

Umuyobozi w’ikipe yarashwe n’abagizi ba nabi nyuma y’uko itsinzwe

Perezida w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Colombiya yitwa Tigres FC, Edgar Paez, yararashwe (…)

Reba ubwiza bwa Hoteli ikipe ya APR FC icumbikamo mu Misiri [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kabiri Saa 16:45, nibwo APR FC ihaguruka I Kigali yerekeza i Cairo mu Misiri, (…)

Biravugwa :Abahoze ari abakunzi ba Rayon Sports barashaka kuyigambanira ngo itsindwe na Al Hilal Benghazi

Biravugwa ko hari abantu bamwe barimo abahoze ari abakunzi ba Rayon Sports n’abakiribo bashobora (…)

Hamenyekanye isaha umukino wa Rayon Sports na Al Hilal Benghazi uzaberaho n’uzawusifura

Abakunzi ba Rayon Sports bategerezanyije amatsiko umukino wo kwishyura na Al Hilal Benghazi (…)

Ubuyobozi bwa Gorilla FC bwajyanwe mu nkiko

Biravugwa ko Uwizeye Djafari wakiniraga Gorilla FC, yiyambaje ubutabera ngo arenganurwe ku (…)

Arsenal yiyemeje kugura rutahizamu uri ku rwego rurenze abo ifite

Amakuru avuga ko Arsenal yiteguye kongera imbaraga mu gushaka rutahizamu wa Brentford, Ivan (…)