skol
fortebet

Imikino

Reba uburanga bw’umukobwa uri mu rukundo n’umukinnyi Nshobozwabyosenumukiza [AMAFOTO]

Umukinnyi wa APR BBC,Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson wanabaye umukinnyi wahize abandi (…)

Chelsea yabuze abakinnyi kandi iheruka kugura aba Miliyari y’amapawundi

Umutoza Mauricio Pochettino yavuze ko imvune zatumye ikipe ye ya Chelsea isigarana abakinnyi 14 (…)

Rayon Sports yatangiye urugendo rwo kugaruka mu Rwanda

Ikipe ya Rayon Sports yahagurutse kuri Al Deyafa Hotel aho yari icumbitse mu mujyi wa Benghazi (…)

Pyramids FC yakanze APR FC bazahangana mbere y’umukino

Ikipe ya Pyramid iri mu Rwanda gukina na APR FC mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma mu gushaka (…)

KNC yibasiye General uyobora Kiyovu Sports kubera ibyo yatangaje

Perezida wa Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yabwiye Perezida wa Kiyovu Sports (…)

APR WBBC yegukanye igikombe cya shampiyona

Ikipe y’abagore ya APR y’umukino wa Basketball [APR W BBC yatwaye igikombe cya shampiyona nka (…)

CAF yemeje amatariki ndakuka imikino ya Rayon Sports na Al Hilal izaberaho

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika, CAF, yemeje amatariki y’umukino uzahuza (…)

Ubushinjacyaha bwasabiye igihano gikomeye abari abakozi ba APR FC bashinjwa amarozi

Ubushinjacyaha bwa Gisirikare bwasabiye abantu bane barimo abakozi ba APR FC batatu (abasirikare (…)

Real Madrid igiye guhindurira ubuzima umwana uyifana wagizwe imfubyi n’umutingito

Umwana witwa Abdul Rahim Awhida w’imyaka 14 ukomoka muri Maroc, aherutse gupfusha umuryango we (…)

Umutoza wa Rayon Sports yavuze ku mikino ibiri azakinira i Kigali na Al Hilal Benghazi

Umutoza Yamen Zelfani wa Rayon Sports yavuze ko imikino ibiri bazakinira i Kigali na Al Hilal (…)

Abakinnyi 3 ba Real Madrid bafunzwe bashinjwa guhererekanya videwo y’urukozasoni y’umwana muto

Abakinnyi batatu ba Real Madrid batawe muri yombi mu gitondo cyo kuwa Kane tariki ya 14 Nzeri, (…)

Ikipe ya Pyramids FC yageze mu Rwanda [AMAFOTO]

Ikipe ya Pyramids yo mu Misiri yageze mu Mujyi wa Kigali guhangana na APR FC mu mukino ubanza (…)

FIFA yatangaje urutonde rw’abakinnyi 12 bazavamo uwahize abandi ku isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA rimaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi 12 (…)

Arsene Wenger yahishuye umukinnyi yicuza kuba yaragurishije agitoza Arsenal

Umutoza w’Umunyabigwi Arsene Wenger wamaze imyaka isaga 22 atoza Arsenal yahishuye ko nubwo (…)

Rayon Sports yatanze amakuru mashya ku mikino yayo na Al Hilal Benghazi

Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Nzeri 2023 nibwo habayeho kuganira hagati y’ikipe ya Al Hilal (…)