skol
fortebet

Imikino

Ikipe y’igihugu Amavubi yabonye abatoza bashya

Nyuma y’uko Carlos Ferrer asezeye ku ikipe y’igihugu y’amavubi, haraye hashyizweho abandi (…)

Senegal yavuye ku izima yemera gufata indege iyizana mu Rwanda

Ikipe ya Senegal yaje kuva ku izima yemera kuza mu Rwanda gukinira n’Amavubi i Huye ku ya 09 (…)

Myugariro wa Newcastle yakubiswe n’abagizi ba nabi bamuteze avuye mu kabyiniro

Myugariro Jamaal Lascelles w’imyaka 29, kapiteni wa Newcastle, yafashwe amashusho ari kurwana (…)

APR FC yatangiye shampiyona itsinda Police FC

Ikipe ya APR FC yatsinze Police FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona (…)

Musanze FC yakirije intsinzi Guverineri mushya w’Amajyaruguru ayizeza kuyishyigikira

Guverineri Mushya w’Intara y’Amajyaruguru, Mugabowagahunde Maurice, yaryohewe n’intsinzi y’ikipe (…)

Nyina w’umuyobozi wa ruhago muri Espagne yatangiye imyigaragambyo yo kwiyicisha inzara

Nyina wa Luis Rubiales, Angeles Bejar, yifungiye mu rusengero rwo muri Esipanye kandi atangaza (…)

FERWAFA yihagazeho igaragaza ko itazajya gukinira muri Senegal

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA,ryagaragaje ko Senegal ikwiye kubaha ibyo (…)

Rashford ufite imodoka nyinshi zihenze yaguze indi itunzwe n’abantu 62 gusa ku isi [AMAFOTO]

Kizigenza Marcus Rashford yagaragaye ari mu modoka nshya nziza cyane ya Rolls-Royce,Cullinan (…)

Umutoza wa Rayon Sports yatutse uwa Gorilla FC yashinje kumushinyagurira amaze kuvunika

Umutoza wa Rayon Sports,Yamen Zelfani, yavunikiye mu mukino ikipe ye yanganyijemo na Gorilla FC (…)

Al Hilal Benghazi yahaye umuburo ukomeye Rayon Sports mbere y’uko bahura

Ikipe ya Al Hilal Benghazi yo muri Libya yaraye isezereye Kakamega Homeboyz yo muri Kenya (…)

Gorilla FC yongeye kubabaza Rayon Sports

Ikipe ya Gorilla FC yahagamye Rayon Sports banganya 0-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa (…)

Rayon Sports yatakaje undi mukinnyi yagenderagaho ubushize

Abakinnyi babiri mpuzamahanga, Raphael Osaluwe Oliseh (Nigeria) wakiniraga Rayon Sports na (…)

FERWAFA yakemuye kare ikibazo cyashoboraga kuvuka hagati ya Gorilla FC na Rayon Sports

Muri gahunda ya FERWAFA yo gukemura amakimbirane ashingira ku myambaro y’amakipe, Ku wa (…)

FIFA yahagaritse umuyobozi w’umupira muri Espagne imuziza gusoma umukinnyi

FIFA yahagaritse Luis Rubiales wayoboraga umupira w’amaguru muri Espagne mu bikorwa bifite aho (…)

Kigali Boss Babes n’abandi bakunzi b’akadasohoka ba Rayon Sports bayihaye akayabo

Abakunzi ba Rayon Sports bahuriye muri Gala Night mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 (…)