skol
fortebet

Imikino

Kera kabaye Man United yaguzwe n’umuherwe ugiye kuyisubiza igitinyiro

Sheikh Jassim niwe watsinze urugamba rwo kwegukana ikipe ya Manchester United ndetse azishyura (…)

Umutoza wa Al-Hilal yemeje ko Neymar atazitabira imyitozo y’iyi kipe

Umutoza w’Ikipe yo muri Saudi Arabia ya Al-Hilal witwa Jorge Jesus yavuze ko Umunya-Brazil (…)

FERWAFA yakoze impinduka ku mikino y’umunsi wa 3 wa shampiyona

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakoze impinduka ku matariki yari (…)

Volleyball: Ikipe y’igihugu y’abagore yakoze amateka mu gikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abari n’abategarugori mu mukino w’intoki wa Volleyball ikoze (…)

Pep Guardiola yahuye n’uruva gusenya ntazatoza imikino ibiri iri imbere

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola azasiba imikino ibiri ya Shampiyona nyuma y’uko (…)

Rayon Sports yakiriye rutahizamu mu myitozo, itandukana n’undi mukinnyi yari ifite

Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 22 Kanama 2023, rutahizamu Gnamien Mohaye Yvan na (…)

Buregeya Prince yeguye kubu kapiteni bwa APR FC atamazeho igihe

Myugariro Buregeya Prince Aldo wari Kapiteni wa APR FC, yamaze kwegura kuri izo nshingano.

RIB yafunze Umunyamabanga wa FERWACY,ikurikirana na Perezida wayo

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwataye muri yombi Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe (…)

Reba umwihariko w’indege y’igikomangoma Neymar Jr yagendeyemo agiye muri Al Hilal [AMAFOTO]

Kizigenza Neymar Jr yavuye i Paris yerekeza i Riyadh mu ndege ya miliyoni 172 (…)

Casa Mbungo yahishuye ikimugoye cyane ku bakinnyi bashya biganje muri AS Kigali

Umutoza wa AS Kigali, Casa Mbungo André yavuze ko abakinnyi b’iyi kipe biganjemo abashya batari (…)

Umugore utoza Ubwongereza arifuzwa n’amakipe y’abagabo ngo ayatoze

Umutoza Sarina Wiegman w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza y’abagore arifuzwa n’amakipe y’abagabo (…)

Mikel Arteta yatunguwe n’umwanzuro udasanzwe abakinnyi be bafashe

Mikel Arteta avuga ko yatunguwe nk’undi muntu wese no kubona kapiteni wa Arsenal, Martin (…)

Minisitiri Ngabitsinze yatsindiye Dan ya 2 mu mukino wa Karate

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda,Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome yatsinze ikizamini cya Dan ya 2 (…)

Manchester United yatandukanye na rutahizamu Mason Greenwood washinjwe ibyaha bikomeye

Rutahizamu Mason Greenwood ntabwo azokomeza akazi mu ikipe ya Manchester United nyuma y’aho iyi (…)

Umuyobozi w’umupira muri Espagne amerewe nabi azira gusoma ku munwa umukinnyi watwaye igikombe cy’isi

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wamaguru muri Espagne, Luis Rubiales, aranengwa nyuma (…)