skol
fortebet

Imikino

Chris Froome watwaye Tour de France inshuro 4 yageze mu Rwanda

Umwongereza Chris Froome wakuzwe na benshi muri Tour de France kubera ubuhanga bwe mu kuzamuka (…)

Manchester City yihanije Arsenal ihita iyikura ku mwanya wa mbere

Ikipe ya Manchester City yagaragaje ko ishaka kwisubiza igikombe cya shampiyona yatwaye (…)

Thierry Henry yahishuye umukinnyi yizeye ko arafasha Arsenal kwigaranzura Man City

Umunyabigwi wa Arsenal,Thierry Henry,yatangaje ko Bukayo Saka ashobora gufasha ikipe ye kwikura (…)

Umuyobozi wa APR FC yagaragaje gushidikanya ku gitego batsinzwe na Rayon Sports

Mu butumwa yageneye abafana,Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Muganga,yashimiye abafana bashyigikiye (…)

Christian Atsu akomeje kuburirwa irengero nyuma y’iminsi 9 habaye umutingito

Wa mukinyi w’umupira w’amaguru Christian Atsu wo muri Ghana ntarashobora kuboneka nyuma (…)

PSG yatangiye nabi imikino yo gukuranamo ya Champions League

Rutahizamu Kingsley Coman yongeye kubabaza Paris Saint-German ku nshuro ya kabiri mu myaka (…)

KNC yemeye kwitwa izina rigayitse natsindwa na Rayon Sports

Umuyobozi wa Gasogi United,Kakooza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yongeye guha ubutumwa bukomeye (…)

RIB yataye muri yombi abantu batandatu bakekwaho gukomeretsa abafana ba APR FC

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr Murangira B Thierry, yatangaje ko (…)

Umunyezamu yakuyemo penaliti ahita apfa mu masegonda make

Umunyezamu w’imyaka 25 witwa Arne Espeel yapfuye nyuma y’amasegonda akuyemo penaliti mu mukino (…)

Amagare: U Rwanda rwatwaye imidali ibiri ya zahabu mu mikino nyafurika

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare ikomeje gukora amateka mu marushanwa (…)

RIB yatangiye iperereza ku bihishe inyuma y’urugomo rwakorewe abafana ba APR FC

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwinjiye mu iperereza ku bihishe inyuma y’urugomo (…)

PSG yafashe umwanzuro w’ubwiyahuzi kugira ngo izatsinde Bayern Munich

Ikipe ya Paris Saint-Germain idahagaze neza mu mikinire muri iyi minsi,yiyemeje kugarura mu (…)

Abayobora VAR basabye imbabazi Arsenal na Brighton zibwe muri shampiyona

Umuryango ugamije kunoza imisifurire mu Bwongereza,PGMOL,wandikiye amakipe ya Arsenal na (…)

"Iyi ni intsinzi iryoshye cyane"-Haringingo Francis avuga ku gutsinda APR FC

Umutoza wa Rayon Sports, Haringingo Francis,yavuze ko gutsinda APR FC ari ibyishimo bikomeye (…)

Imodoka yari itwaye abafana ba APR FC yatewe amabuye bamwe barakomereka

Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki ya 12 Gashyantare 2023 bamwe mu bafana batazwi bateye (…)