skol
fortebet

Imikino

Cristiano Ronaldo yakoze agashya ku isabukuru ye

Cristiano Ronaldo ubwo yuzuzaga imyaka 38, yatunguwe n’abantu batandukanye barimo n’amakipe (…)

Rayon Sports yananiwe kwihimura kuri Kiyovu Sports iharira APR FC

Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Kiyovu Sports 0-0,bifasha APR FC gukomeza kuyobora urutonde (…)

Senegal yatwaye CHAN 2023 ku nshuro ya mbere igeze ku mukino wa nyuma

Ikipe y’Igihugu ya Senegal ni yo yegukanye Igikombe cya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi (…)

Everton FC yabaye ikipe ya kabiri yatsinze Arsenal muri Premier League 2022/2023

Ikipe ya Everton FC yatunguranye muri Premier League,itsinda igitego 1-0 Arsenal yari imaze (…)

APR FC yisubije umwanya wa mbere,AS Kigali yongera gutsindwa

Umukino wahuzaga Sunrise FC na APR FC I Nyagatare,warangiye Ikipe y’Ingabo z’igihugu itsinze (…)

Chelsea yahemukiye cyane Aubameyang nawe ayitera umugongo

Rutahizamu wa Chelsea,Pierre Emerick-Aubameyang yakuwe mu bakinnyi b’iyi kipe bagomba gukina (…)

Cristiano Ronaldo yatangiye gutsinda ibitego muri Saudi Arabia

Rutahizamu Cristiano Ronaldo yatsinze igitego cya mbere muri shampiyona ya Saudi Arabia yari (…)

Mason Greenwood wa Man United yahanaguweho ibyaha yashinjwaga

Polisi ya Manchester yafunze ikirego yari ikurikiranyeho Mason Greenwood nyuma y’umwaka urenga (…)

Kiyovu Sports yakanze Rayon Sports mbere y’uko bahura

Nkuko imaze kubimenyerwaho,ikipe ya Kiyovu Sports yahaye mukeba wayo Rayon Sports ubutumwa bwo (…)

Mukansanga akomeje kwandika amateka atarigeze akorwa n’undi munyarwandakazi

Umusifuzi mpuzamahanga w’umunyarwandakazi, Mukansanga Salima akomeje kwandika amateka ku Isi, (…)

Byiringiro Lague yavuze akamuri ku mutima nyuma yo kwerekeza i Burayi

Rutahizamu wa APR FC, Lague Byiringiro yavuze ko kuba yaramaze kugurwa n’ikipe ya Sandvikens IF (…)

Umugore wa Dani Alves aravugwaho gusaba gatanya kubera ibirego byo gufata ku ngufu ashinjwa

Umugore wa myugariro,Dani Alves yasabye gatanya nyuma yo kumva ko uyu mugabo we afunzwe ashinjwa (…)

Chelsea FC yaguze umukinnyi uhenze kurusha abandi bose muri Premier League

Ikipe ya Chelsea yaciye agahigo mu mupira w’amaguru w’Abongereza itanga akayabo ka miliyoni 106 (…)

Lionel Messi yavuze amagambo atangaje ku gikombe cy’isi aheruka gutwara

Kizigenza Lionel Messi yatangaje ko igikombe cy’isi aheruka gutwara muri Qatar mu mpera z’umwaka (…)

Arsenal yatunguranye igura umukinnyi benshi batari biteze

Ikipe ya Arsenal yashakaga igisubizo hagati mu kibuga yamaze kumvikana n’Umutaliyani,Jorginho,wakini