skol
fortebet

Imikino

FIFA yamenyesheje APR FC igihe izamenyera umwanzuro ku kirego cy’uwayitozaga Adil Mohamed

Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi, FIFA, ryamenyesheje APR FC n’uwahoze ari Umutoza wayo, Adil (…)

Rayon Sports yakiriye Luvumbu wayivuyemo atamaze abafana inyota

Umukongomani Héritier Luvumbu Nzinga yasesekaye mu Rwanda aho ategerejwe mu Ikipe ya Rayon (…)

Ibenge yavuze ku makuru yo kwerekeza muri APR FC

Umunye-Congo Florent Ibengé yahakanye amakuru yavugaga ko ikipe ya APR FC yamwegereye kugira ngo (…)

Chelsea yiyemeje gutanga akayabo ku mukinnyi watwaye igikombe cy’isi

Ikipe ya Chelsea irashaka kwishyura miliyoni 105 z’amapawundi zifuzwa n’ikipe ya Benfica kugira (…)

Rwatubyaye ashobora gusezera ku mupira w’amaguru kubera imvune

Myugariro Rwatubyaye Abdul ashobora kutongera gukinira Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino (…)

Agahinda k’umugore warumwe ugutwi n’umukunzi we kuberagutsindwa k’Ubwongereza mu gikombe cy’isi

Umugore witwa Gemma Williams yatanze ubuhamya bw’ukuntu uwahoze ari umukunzi we David Barr (…)

Umutoza wa Man United yahishuye umukinnyi akeneye nyuma yo gushimisha abafana

Umutoza wa Manchester United,Erik Ten Hag yavuze ko ikipe ye ikeneye abakinnyi bashya kugira ngo (…)

Icyumba Messi yarayemo muri Qatar kigiye gukoreshwa ikintu gikomeye

Kaminuza ya Qatar yemeje ko icyumba Lionel Messi yararagamo ubwo yari mu gikombe cy’isi (…)

Rayon Sports igiye kwakira umukinnyi ukomeye yifuza

Ikipe ya Rayon Sports irasinyisha Umunyekongo Luvumbu Heritier muri iki cyumweru nyuma y’aho (…)

Rayon Sports y’abagore yanyagiye Nyagatare ibitego 16-0 yuzuza ibitego 33 mu mikino 3

Ikipe ya Rayon Sports y’abagore ikomeje gukora ibitangaza mu cyiciro cya kabiri kuko mu mukino (…)

Umukinnyi Arsenal yifuza cyane yakoze igikorwa cyashimishije abafana bayo

Ikipe ya Arsenal irashaka kwiyubaka muri uku kwezi kwa mbere kugira ngo irebe ko yakwegukana (…)

APR FC yatangiye kwegera umutoza w’igihangange ngo ayitoze

Ikipe ya APR FC iravugwaho ko yatangiye kuganiriza Umunye-Congo Florent Ibengé, ngo azayitoze mu (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yamuhaye impano ihenze cyane kuri noheli [AMAFOTO]

Cristiano Ronaldo yahawe impano y’imodoka yo mu bwoko bwa ROLLS ROYCE ifite agaciro k’arenga (…)

Liverpool yatwaye umukinnyi wari umaze igihe yifuzwa na Man United

Ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na PSV ku mukinnyi ukina asatira witwa Coady Gakpo (…)

Arsenal yahaye ibyishimo bisendereye abakunzi bayo

Ikipe ya Arsenal yagarutse neza muri shampiyona yari imaze iminsi 43 idakinwa itsinda West ham (…)