skol
fortebet

Imikino

Liverpool yatwaye umukinnyi wari umaze igihe yifuzwa na Man United

Ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na PSV ku mukinnyi ukina asatira witwa Coady Gakpo (…)

Arsenal yahaye ibyishimo bisendereye abakunzi bayo

Ikipe ya Arsenal yagarutse neza muri shampiyona yari imaze iminsi 43 idakinwa itsinda West ham (…)

Paul Pogba yahishuye ikintu gikomeye yakundiye Cristiano Ronaldo

Umufaransa Paul Pogba yavuze ko nubwo Cristiano Ronaldo ari umukinnyi w’igitangaza ariko ikintu (…)

Ronaldo wo muri Brazil yahishuye umukinnyi wahize abandi mu gikombe cy’isi utari Messi

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Ronaldo,Luis Nazario de Lima yavuze ko Kylian Mbappé yitwaye (…)

Umuryango wa Pele wimukiye mu bitaro arwariyemo bikomeye

Umuryango wa Pele wose wagiye kubana nawe mu bitaro arwariyemo kubera ubwoba bukomeje kuba (…)

Tite watozaga Brazil yahuye n’uruva gusenya nyuma yo kwitwara nabi muri Qatar

Uwari umutoza wa Brazil, Tite yatezwe n’igisambo kiramwambura ubwo yarimo gutembera I Rio. (…)

Mvukiyehe Juvénal agiye gusiga Kiyovu Sports yerekeze mu ikipe yo mu cyiciro cya kabiri

Perezida wa Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal, agiye kuva muri iyi kipe yo ku Mumena hanyuma (…)

Hatangajwe amatariki mashya shampiyona y’u Rwanda izasubukurirwaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje impinduka ku gihe imikino yo (…)

Umukobwa wa Pelé yashyize hanze ifoto ibabaje ahobeye se urembye

Umukobwa w’icyamamare mu mupira w’amaguru Pelé kuwa gatanu nijoro yatangaje kuri Instagram (…)

Umuvandimwe wa Pogba yafunguwe ahita ahabwa gasopo ikomeye

Mukuru wa Paul Pogba witwa Mathias waherukaga kumwibasira no kumusebya mu binyamakuru yarekuwe (…)

Manchester City yahanye Kalvin Phillips kubera ikosa ritangaje yakoze

Umukinnyi wo hagati wa Man City,Kalvin Phillips,yahanishijwe gukurwa mu ikipe yagombaga guhura (…)

APR FC yemeye kugarura abanyamahanga izajya iha umukoro ukomeye

Umuyobozi [Chairman]w’Ikipe ya APR FC,Lt Gen Mubarakh Muganga, yemeje ko iyi kipe nisohokera u (…)

Gasogi United yatsinze Rayon Sports ku nshuro ya mbere mu mateka yayo

Ikipe ya Gasogi United yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 ku munsi wa 15 wa shampiyona,iba (…)

Igitego cyiza kurusha ibindi byose byatsinzwe mu gikombe cy’isi 2022 cyamenyekanye

FIFA yatangaje ko igitego Richarlison rutahizamu Richarlison wa Brazil yatsinze Serbia mu (…)

Umuyobozi wa APR FC yabwiye abakinnyi ibintu bikomeye bagomba kwirinda mu biruhuko

Umuyobozi wa APR F.C, Lt Gen MK MUBARAKH yasangiye n’abakinnyi, abatoza n’abakunzi b’iyi kipe (…)