skol
fortebet

Imikino

FERWAFA yasubitse umukino wa Rayon Sports isubukura ikirarane cya APR FC

Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na AS Kigali, ku munsi wa 5 wa Shampiyona, wasubitswe (…)

Pep Guardiola yahishuye ikintu yanga kuri rutahizamu Haaland

Rutahizamu Erling Haaland yatsinze ibitego 3 muri 6-3 ikipe ye ya City yatsinze Manchester (…)

Haaland yababajwe n’ibitego bike Man City yatsinze United

Erling Haaland yaraye atsinze ibitego 3 muri 6-3 batsinze mukeba Manchester United,ariko (…)

Perezida Kagame mu barebye irushanwa rya Singapore Grand Prix

Perezida Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Singapore, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 2 (…)

Umukunzi wa Pique yamusabye ikintu gikomeye nyuma yo guterana amagambo

Nyuma yo gutandukana na Shakira,myugariro Gerard Pique wa Barcelona ntabwo ari kumvikana (…)

Ten Hag yahishuye impamvu itangaje atinjije Cristiano Ronaldo mu kibuga banyagirwa na City

Umutoza Erik Ten Hag wa Manchester United yanenze bikomeye abakinnyi be kubera kwitwara nabi (…)

Abagera kuri 125 bapfiriye muri stade baje kureba umupira w’amaguru

Nibura abantu 125 bapfuye bazize umukino wumupira wamaguru muri Indonesia wabaye ikiza cya mbere (…)

Haaland na Foden bafashije Manchester City kunyagira umuturanyi United

Mu mukino wari witezwe na benshi,Manchester City yakiriye United baturanye ku unsi wa 8 wa (…)

Umukinnyi wubatse izina mu Bwongereza yasabye umuganga ko basambana kandi amaze ukwezi arushinze

Uwari rutahizamu w’icyamamare mu Bwongereza, Jermain Defoe yasabye umuforomokazi ko bakorana (…)

Haaland yahaye ubutumwa bukomeye Man United mbere y’uko bahura

Rutahizamu Erling Haaland yahishuriye Manchester United ko hari igihe ageramo kumuhagarika (…)

Arsenal yihanije Tottenham,Liverpool ikomeza kugana ahabi

Ikipe ya Arsenal yakomeje kugumana umwanya wayo wa mbere muri Premier League nyuma yo gutsinda (…)

Rayon Sports yakomereje umuvuduko kuri Marines FC,Kiyovu Sports ihabwa isomo

Ikipe ya Rayon Sports yikuye I Rubavu bigoranye nyuma yo gutsinda Marines FC y’abakinnyi 10 (…)

Umugore wabyaranye na Ronaldo Nazario yibagishije kugira ngo yongere kuba isugi

Nyina w’umwe mu bahungu ba Ronaldo Nazario, Michel Umezu, yatangaje ku mbuga nkoranyambaga ko (…)

Rayon Sports yiyegereje abana bato b’i Rubavu mbere yo gukina na Marines FC

Rayon Sports yageze mu karere ka Rubavu, yasuye abana bo mu ishuri rya Muhato mbere yo gukina na (…)

Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yahishuye icyifuzo gikomeye afite mbere yo gupfa

Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yahishuye ko yifuza kuzabona umuhungu we n’umwuzukuru we Cristiano (…)