skol
fortebet

Imikino

Maroc yarakajwe cyane n’imyenda Adidas yakoreye Algeria

Minisiteri y’umuco ya Maroc irashinja uruganda rwa Adidas kwiyitirira umuco wa Maroc ku myenda (…)

Kiyovu Sports yakoze ikintu gikomeye nyuma yo kwegura kwa Mvukiyehe Juvenal

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports Association bwaganiriye, busaba Juvenal Mvukiyehe gukomeza kuyobora (…)

Kylian Mbappe ntacyifuza Neymar Jr muri PSG

Umubano wa Kylian Mbappe na Neymar muri Paris Saint-Germain ukomeje kuba mubi cyane muri uyu (…)

Mushiki wa Cristiano Ronaldo yatutse bikomeye abafana ba Portugal

Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Katia Aveiro,yatutse abafana b’ikipe y’igihugu cya Portugal (…)

Chelsea irashaka gusinyisha abakinnyi 3 bifuzwa n’amakipe menshi akomeye

Biravugwa ko ikipe ya Chelsea ishaka gusinyisha abakinnyi 3 barimo Jude Bellingham, Declan Rice (…)

Mvukiyehe Juvenal wayoboraga Kiyovu Sports yeguye

Mvukiyehe Juvenal wari umuyobozi w’ikipe ya Kiyovu Sports kuva muri 2020, yeguye kuri uyu mwanya (…)

Lionel Messi mu nzira zo kuva muri Paris St-Germain

Umukinnyi ukomoka muri Argentine, Lionel Messi, ufite imyaka 35, yiteguye kuva muri Paris (…)

Perezida wa FERWAFA yavuze ku kaga Amavubi U23 yahuye nako katumye inyagirwa

Perezida wa FERWAFA, Nizeyimana Mugabo Olivier, yavuze ko batari basobanukiwe iby’ingendo zo (…)

Amavubi U23 yakoreye ibitangaza kuri Libya akomeza mu kindi cyiciro

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 yakoze ibitangaza bitari bytezwe asezerera (…)

Messi yavuze amagambo yihariye kuri Kylian Mbappe bakinana

Lionel Messi yasingije mugenzi we bakinana muri PSG,Kylian Mbappe avuga ko mu kibuga aba ameze (…)

Abagore bakinira Mali barwanye ubwabo nyuma yo gutsindwa mu gikombe cy’isi

Impuzamashyirahamwe y’umukino wa Basketball ku isi yafunguye iperereza nyuma y’uko abakinnyi bo (…)

Real Madrid igiye kugura umusore muto wahogoje amakipe akomeye kubera ubuhanga bwe

Ikipe ya Real Madrid iri mu rukundo n’abakinnyi bakiri bato irahabwa amahirwe menshi yo (…)

Ubudage bwemereye abakinnyi babwo agahimbazamusyi k’umurengera nibatwara Igikombe cy’isi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Budage (DFB) ryatangaje ku cyumweru ko ryamaze kumenyesha (…)

Fabio Capello yahishuye impamvu itangaje yatumye akura Ronaldo wo muri Brazil muri Real Madrid

FABIO CAPELLO yatangaje ko yishimiye kugurisha Ronaldo kubera ko uyu munyabigwi wo muri Brazil (…)

Dani Alves yahishuye uko Cristiano Ronaldo yanze kumusuhuza bahuriye mu birori

Myugariro Dani Alves yahishuye ko akunda ndetse yishimira uwahoze ari mukeba we Cristiano (…)