skol
fortebet

Imikino

Imikino ya Premier League yasubitswe kubera gutanga k’Umwamikazi [Yavuguruwe]

Mu rwego rwo guha icyubahiro Umwamikazi Elizabeth II watanze ku munsi w’ejo, imikino y’umunsi wa (…)

Onana yafashije Rayon Sports kugumana icyubahiro kuri Police FC

Rayon Sports yabonye amanota 3 bigoranye nyuma yo gutsinda Police FC igitego 1-0 mu mukino (…)

Chelsea yabonye umutoza mushya usimbura Thomas Tuchel

Ikipe ya Chelsea yatangaje ko Umwongereza,Graham Potter wari umutoza wa Brighton ariwe mutoza (…)

#CAFCL:US Monastir izahangana na APR FC yageze mu Rwanda

Ikipe ya Union Sportive Monastirienne [US Monastir] yo muri Tunisia yageze i Kigali n’indege (…)

Thierry Henry yahishuye umukinnyi mwiza cyane hagati ya Haaland na Mbappé

Nyuma y’ihangana rya Ronaldo-Messi,ubu hadutse irya Erling Haaland na Kylian Mbappé bakiri bato (…)

Jurgen Klopp yasubije abatekereza ko ashobora kwirukanwa muri Liverpool

Umutoza Jurgen Klopp waraye anyagiwe na Napoli muri Champions League yasabye imbabazi abakunzi (…)

Liverpool yagize ijoro ribi cyane muri Champions League

Ikipe ya Liverpool yatsinzwe na Napoli mu mukino wabo wa mbere wo mu itsinda A rya Champions (…)

Kiyovu Sports yatsinze Espoir FC mu mukino warogowe n’Imbangukiragutabara

Ikipe ya Kiyovu Sports yatsinze Espoir FC igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa kabiri wa shampiyona (…)

Umutoza ufite amahirwe menshi yo gusimbura Tuchel yamenyekanye

Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 07 Nzeri 2022, nibwo byemejwe ko Tuchel yatandukanye na Chelsea (…)

Chelsea yirukanye umutoza Thomas Tuchel

Ikipe ya Chelsea yatangaje ko yatandukanye n’uwari umutoza wayo mukuru Thomas Tuchel,kubera (…)

Klopp yarakariye cyane umunyamakuru kubera ikibazo yamubajije

Umutoza Jurgen Klopp yazabiranyijwe n’uburakari ubwo yari abajijwe niba Napoli ari ahantu hateye (…)

Umurusiya wa Kiyovu Sports yakoze imyitozo ya nyuma yitegura Espoir FC [AMAFOTO]

Vladislav Kormishin, umurusiya wa mbere ugiye gukina muri Shampiyona y’u Rwanda, ni umwe mu (…)

Handball: U Rwanda rwaburiye igikombe mu maso ya Perezida Kagame

Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 18 yatsindiwe ku mukino wa nyuma na Misiri mu gikombe cya (…)

Biravugwa: APR FC yohereje Byiringiro Lague gukorera imyitozo mu irerero

Rutahizamu Byiringiro Lague biravugwa ko yamaze kumanurwa mu Ntare, nyuma y’igihe adatanga (…)

Eric Bailly yashinje Manchester United gutonesha abakinnyi b’Abongereza bari hasi

Myugariro w’umunya Cote d’Ivoire,Eric Bailly, yashinje ikipe ye ya Manchester United gutonesha (…)