skol
fortebet

Imikino

Gen.Kabarebe yasabye APR FC gusezerera US Monastir muri Champions League

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 06 Nzeri 2022 nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu yakomeje (…)

Kylian Mbappe yemeje ko umubano we na Neymar Jr ari akazuyazi

Rutahizamu Kylian Mbappe yavuze ko umubano we na mugenzi we bakinana muri PSG,Neymar Jr udahamye (…)

Carlo Ancelotti yahaye ubutumwa amakipe ashaka kubambura Champions League

Kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 06 Nzeri 2022,haratangira imikino yo mu matsinda ya Champions (…)

AS Kigali yatangaje abakinnyi bakomeye izajyana muri Djibouti

Umutoza Cassa Mbungo André wa AS Kigali yatoranyije abakinnyi 20 biganjemo ab’amazina akomeye (…)

Aubameyang yitoje yambaye mask kubera ubugome yakorewe n’abajura

Rutahizamu Pierre Emerick Aubameyang uheruka kwerekeza muri Chelsea yitoje yambaye mask nyuma yo (…)

Gabriel Jesus yasabye ikintu gikomeye bagenzi be nyuma yo gutsindwa na United

Rutahizamu Gabriel Jesus yashimangiye ko Arsenal yari ’nziza cyane’ kurusha Manchester United (…)

MUGISHA Samuel watwaye Tour du RWANDA aravugwaho gutorokera muri Amerika

Umukinnyi w’icyamamare mu gusiganwa ku magare Samuel Mugisha biravugwa ko yaba yamaze gutorokera (…)

Handball: U Rwanda rwageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika muri U18

Ikipe y’u Rwanda mu bahungu batarengeje imyaka 18 mu mukino wa Handball yageze ku mukino wa (…)

Hamenyekanye akayabo Mukura VS yakuye mu mukino na Rayon Sports

Ikipe ya Mukura VS ikomeje kubona ubufasha bwo kwishyura umutoza Djilali Bahloul wayicishije (…)

Abakinnyi 10 bahenze kurusha abandi ku isoko rishize

Umunya Brazil Antony niwe wahize abandi bakinnyi bose kugurwa akayabo ku isoko ryo kugura no (…)

Chelsea yaguze abakinnyi babiri ku munota wa nyuma w’isoko

Ikipe ya Chelsea yafunze isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi iguze abakinnyi babiri barimo (…)

Abatoza batanu nibo bemerewe kureba umukino w’Amavubi ku buntu

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryatangaje ko abatoza bafite abakinnyi mu ikipe (…)

Aubameyang ugiye kugaruka mu Bwongereza yavuze ku rugomo yakorewe

Rutahizamu Pierre-Emerick Aubameyang yavuze uko amerewe nyuma yo kwibasirwa n’abajura bamuteye (…)

Chelsea yaguze myugariro winjiye mu bahenze cyane ku isi [AMAFOTO]

Ikipe ya Chelsea yatangaje ko yaguze myugariro wari usanzwe akinira Leicester City,Wesley Fofana (…)

Moussa Camara yatangiye imyitozo muri Rayon Sports [AMAFOTO]

Rutahizamu Moussa Camara yatangiye imyitozo mu ikipe ya Rayon Sports aheruka kugarukamo nyuma (…)