skol
fortebet

Imikino

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere 2025/2026 izatangira muri Nzeri 2025

Kuri uyu wa Kane, ubuyobozi bwa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda bwatangaje ko iya (…)

Inzira zizakoreshwa mu isiganwa rya “Umusambi Race 2025”

Irushanwa ry’amagare rizwi nka “Umusambi Race” rigiye gukinwa ku nshuro ya gatatu mu rwego rwo (…)

Imikino ya CHAN 2025 igeze ahakomeye

Imikino y’Igikombe cya Afurika cy’Abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), igeze muri ¼ aho (…)

CHAN 2025: Ikipe ya RDC yabuze uko itaha

Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabuze uko iva muri Kenya nyuma yo (…)

Musanze FC yatandukanye na Ntamuhanga Thumaine Tity nyuma y’umwaka umwe

Ikipe ya Musanze FC ikina mu cyiciro cya mbere mu Rwanda, yatangaje ko yamaze gutandukana (…)

Fábio yaciye agahigo ko kuba uwakinnye imikino myinshi ku Isi muri ruhago

Umunya-Brésil, Fábio Deivson Lopes Maciel wamamaye nka “Fábio”, yakuyeho agahigo kari gafitwe (…)

Basketball: Kepler WBBC yatangiye neza imikino ya nyuma

Bigoranye cyane, Kepler WBBC yatsinze REG WBBC amanota 65-62 mu mukino wa mbere w’iya nyuma ya (…)

Jules Karangwa yakomoje ku byo agiye kuvugutira umuti mu maguru mashya

Jules Karangwa uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya (…)

Arashaka Liverpool ariko ikipe yo ntimugurisha: Ibya Alexander Isak na Newcastle bikomeje gufata intera

Ibibazo biri hagati Alexander Isak na Newcastle United nyuma y’uko umukinnyi avuze ko umubano we (…)

Ukraine: Umukinnyi yahawe ikarita y’umuhondo azira kuvuga Ikirusiya mu kibuga

Umukinnyi w’umugore wo muri Ukraine, Irina Maiborodina, yahawe ikarita y’umuhondo kubwo kuvuga (…)

Brazil irifuza kwakira Igikombe cy’Isi cy’Amakipe cya 2029

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umipira w’Amaguru muri Brazil (CBF), Samir Xaud yatangaje ko bifuza (…)

Bitunguranye AS Kigali yatsinze APR FC mu Nkera y’Abahizi

AS Kigali yafatwaga nk’insina ngufi yatsinze APR FC kuri penariti 5-4 mu Nkera y’Abahizi.

FEASSSA: Abanyarwanda bane bageze kuri ‘finale’ za Athlétisme, amakipe abiri agera muri ½

Ikipe y’Ishuri rya ADEGI ry’i Gatsibo muri Handball n’iya ITS Kigali muri Basketball, zombi (…)

Mohamed Salah yanditse amateka mashya mu bihembo by’umukinnyi mwiza mu Bwongereza

Rutahizamu wa Liverpool, Mohamed Salah, yegukanye igihembo cy’Umukinnyi Mwiza muri Shampiyona (…)

Ikibuga cya Golf cya Kigali gisurwa n’abarenga 100 ku munsi

U Rwanda rurakataje mu kwimakaza ubundi bwoko bushya bw’ubukerarugendo bushingiye ku mikino, (…)