skol
fortebet

Imikino

Premier League yinangiye ku busabe bwo kugabanya amakipe ayikina

Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Bwongereza, Premier League, ntizagabanya amakipe ayikina ngo (…)

Uwakoreye AS Kigali ashobora kuyijyana mu Nkiko

Nsabimana Jean de Dieu wahoze ari umukozi wa AS Kigali mu gice cyo kuvura abakinnyi, yasabye (…)

Lydia Nsekera yagizwe Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo n’umuco mu Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yagize Lydia Nsekera Minisitiri w’Urubyiruko, Siporo (…)

Iteramakofe: Byinshi wamenya k’ubuyobozi bushya bwa RBF

Komite Nyobozi nshya y’Ishyirahamwe ry’Umukino w’Iteramakofe mu Rwanda, iheruka gutorwa ivuga ko (…)

Kizz Daniel yateguje ikindi gitaramo i Kigali

Nyuma yo guca ibintu muri BK Arena mu gitaramo cyo gusoza Iserukiramuco rya ‘Giants of Africa,’ (…)

FIFA igiye kujyanwa mu nkiko n’abakinnyi barenga ibihumbi 100

Nyuma y’aho Urukiko rw’u Burayi (CJEU) rutangaje ko amategeko y’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (…)

Hamenyekanye amakipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup

Mpuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), (…)

Wasili yasohoye indirimbo “11 ni abazungu” yahimbiye Rayon Sports

Uwizeyimana Sylivester wamamaye ku izina rya Wasili usanzwe ari umukozi wa Rayon Sports mu (…)

Rayon Sports yakemuye ikibazo cya Youssou Diagne

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kwishyura myugariro w’Umunya-Sénégal, Youssou Diagne, 1500$ (agera (…)

Infantino yijeje ubufasha umusifuzi Garcia uterwa ubwoba bwo kwicwa

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni Infantino, yatangaje ko agiye (…)

CHAN 2024: Perezida wa Uganda yemereye ikipe y’igihugu arenga Miliyoni 455 RWF kuri buri ntsinzi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yemereye ikipe y’igihugu arenga Miliyoni 455 (…)

Mugiraneza Frodouard wari uherutse gutizwa muri AS Kigali, yatangajwe na Police FC

Nyuma y’igihe gito atijwe mu ikipe ya AS Kigali avuye muri APR FC, Mugiraneza Fradouard (…)

Uwahoze ari umukunzi wa Diddy wari uri mu batangabuhamya yamusabiye kurekurwa

Virginia “Gina” Huynh, umugore wigeze gukundana na Sean “Diddy” Combs ndetse wari umwe mu (…)

Amagare: Nirere Xaverine yegukanye isiganwa...

Amagare: Nirere Xaverine yegukanye isiganwa muri Namibia, yerekeza amaso kuri Shampiyona y’Isi (…)

Nigeria yatsinze Mali yegukana ’Afro Basket’ ku nshuro ya 5 yikurikiranya

Ikipe y’Igihugu ya Nigeria ya Basketball mu Bagore yatsinze iya Mali amanota 78-64 yegukana (…)