skol
fortebet

Imikino

Naje mu Rwanda gutwara igikombe – Ben Moussa

Umutoza mukuru wa Police FC, Ben Moussa, yatangaje ko ataje mu Rwanda mu butembere ahubwo yaje (…)

Ikipe y’Igihugu y’abangavu izahangana na Nigeria yatangiye umwiherero

Mu gihe bitegura gucakirana n’abangavu ba Nigeria bari munsi y’imyaka 20, ikipe y’igihugu y’u (…)

Giants of Africa yatashye ku mugaragaro ikibuga cya 10 yubatse mu Rwanda

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukaziyire ari kumwe na Masai Ujiri uyobora Umuryango Giants of (…)

Alexander Isak wa Newcastle yahisemo gukorera imyitozo muri Real Sociedad

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Suwede, Alexander Isak, ari gukora imyitozo ku giti cye ku (…)

Adesope yiyambajwe mu ndirimbo ya Bruce Melodie, Joel Brown na Diamond izabageza no mu Bwongereza

Umunyamakuru w’icyamamare muri Nigeria no mu Bwongereza, Adesope Olajide, yiyambajwe mu mushinga (…)

RGB yabasabye urwego rumwe kuvaho: Akantu ku kandi ku mwuka mubi mu nzego ziyoboye Rayon Sports

Umunyarwanda yaciye umugani ati “Abahigi benshi bayobya imbwa uburari,” undi arongera ati “Nta (…)

ES Setif yo muri Algeria yatangaje Biramahire Abeddy nk’umukinnyi wayo mushya

Ikipe ya Entente Sportive Setifienne ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Algeria (…)

Abanyarwanda bitwaye neza mu mikino ya Taekwondo yabereye muri Koreya y’Epfo

Umukinnyi w’Umunyarwanda mu mukino wa Taekwondo, Emmanuel Nzaramba, yegukanye imidali ibiri (…)

Umutoza wa APR FC Abderrahim Taleb yateguje intsinzi mu gihe gikwiye

Nyuma yo kunganya na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino wa gicuti, umutoza mushya wa APR FC, (…)

Henry Musanga wakiniraga Police FC yerekeje muri Tunisia atanzweho arenga miliyoni 71 Frw

Umukinnyi ukomoka mu Burundi ukina mu kibuga hagati, Henry Musanga wakiniraga ikipe ya Police FC (…)

Manchester United yatangiye ibiganiro na Paris Saint-Germain ku bijyanye na Gianluigi Donnarumma

Ikipe ya Manchester United ishobora kongera umukinnyi mushya ku mwanya w’umuzamu muri iri soko (…)

Twagirayezu Thaddée yanze itariki y’Inteko Rusange yatumijwe n’urwego ruyobowe na Muvunyi

Komite Nyobozi ya Rayon Sports ihagarariwe na Twagirayezu Thaddée yasubije ibaruwa yari (…)

FERWAFA: Abagize Komite Nyobozi babiri basabye ko kandidatire ya Shema Fabrice iteshwa agaciro

Rurangirwa Louis na Ngendahayo Vedaste basanzwe mu bagize Komite Nyobozi ya FERWAFA, bandikiye (…)

Pogačar uheruka kwegukana Tour de France yerekeje amaso i Kigali muri Shampiyona y’Isi

Nimero ya mbere mu mukino wo gusiganwa ku magare, Umunya-Slovenia Tadej Pogačar, yatangaje ko (…)

Man United iri kureba ijisho ryiza Ollie Watkins na Benjamin Sesko

Ikipe ya Manchester United iri gushaka rutahizamu mushya muri iyi mpeshyi, aho abakinnyi babiri (…)