skol
fortebet

Imikino

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora FERWACY mu myaka 4 iri imbere

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (…)

David Beckham yahishuye umukinnyi mwiza kurusha abandi mu bo bakinannye

Uwahoze ari icyamamare mu mupira w’amaguru mu Bwongereza, David Beckham yirengagije bagenzi be (…)

Sadio Mane yongeye gukora benshi ku mutima kubera igikorwa cy’urukundo yakoreye umufana we

Rutahizamu Sadio Mane n’umukinnyi w’umupira w’amaguru udasanzwe, ariko ni n’umuntu mwiza (…)

Kiyovu Sports yasinyishije abanya Sudan 2 barimo uwakinnye muri Simba SC

Ikipe ya Kiyovu yasinyisha ku mugaragaro abakinnyi babiri bakomoka muri Sudani bagomba gufasha (…)

Camavinga yakoze benshi ku mutima kubera ibyo yakoreye abakinnyi ba Ukraine

Umukinnyi wo hagati,Eduardo Camavinga yerekanye urukundo rwo ku rwego rwo hejuru ubwo (…)

Abakunzi ba Premier League batunguwe n’ikipe y’umwaka itarimo kizigenza wigaragaje cyane

Ikipe y’umwaka y’abakinnyi ba Premier League yatangajwe yiganjemo abakinnyi ba Liverpool (…)

Samuel Eto’o yarakariye bikomeye abakinnyi ba Cameroon bananiwe kwihaniza u Burundi

Intsinzi ntoya y’igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika yatumye Perezida (…)

Perezida Macron yavuze umutoza yifuza ko atoza PSG

Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko yifuza kubona uwahoze atoza Real Madrid (…)

Umutoza wa Senegal yavuze umukinnyi w’Amavubi ufite ubuhanga buhambaye

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Senegal, Aliou Cissé ,yatangariye ubuhanga budasanzwe bw’umunyezamu (…)

Lacazette yabonye ikipe nshya nyuma yo gutandukana na Arsenal

Rutahizamu w’Umufaransa,Alexandre Lacazette wasoje amasezerano y’imyaka 5 yari afite muri (…)

Hamenyekanye impamvu ikomeye yatumye Thomas Partey aba Umuyisilamu

Umukinnyi wo hagati wo muri Ghana,Thomas Partey yakoze impinduka zikomeye mu buzima bwe,ubwo (…)

Afurika y’Epfo yahagaritse amakipe arimo iyatsinze ibitego 59-1 birimo 41 byitsinzwe

Amakipe ane yahagaritswe ubuzima bwayo bwose mu cyiciro cya kane cy’umupira w’amaguru muri (…)

Hamenyekanye amagambo Sadio Mané yongoreye Kwizera nyuma y’umukino

Ku munsi w’ejo ku wa Gatatu tariki ya 8 Kamena 2022, nibwo hasakaye ifoto y’umuzamu w’Amavubi (…)

Umukinnyi w’Iteramakofe yapfuye nyuma yo gutera amakofe ‘ahatari umuntu’ bitewe no gukubitwa bikaze

Umukinnyi w’iteramakofe wa Africa y’Epfo yapfuye nyuma yo kuva amaraso ku bwonko mu mukino (…)

Ifoto ya Sadio Mané na Kwizera Olivier ikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga

Nyuma y’uko ikipe y’igihugu Amavubi inaniwe kwihagararaho mu masegonda ya nyuma y’umukino (…)