skol
fortebet

Imikino

RIB yatangiye iperereza ku birego bya ruswa bivugwa muri FERWAFA

Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B.Thierry, yatangaje ko uru rwego rwamaze kwinjira mu bibazo bya (…)

Haringingo Francis yagizwe umutoza wa Rayon Sports igiye gusinyisha abakinnyi ba mbere mu Rwanda

Umurundi Haringingo Francis Christian uzwi ku izina rya Mbaya yamaze kugirwa umutoza wa Rayon (…)

Samuel Eto’o wigeze gukinira Barcelona yemeye ko yanyereje akayabo mu misoro

Samuel Eto’o yahoze ari umwataka ukomeye wa Kameruni nk’igihugu cye yemeye icyaha cyo (…)

Hamenyekanye Ingengabihe y’umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro niwo usigaje gukinwa ku ngengabihe y’imikino mu Rwanda (…)

Babuwa Samson yasubiye muri Sunrise FC yamuhinduriye ubuzima

Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson yasinye amasezerano y’imyaka 2,muri Sunrise FC iheruka (…)

Antonio Rudiger yahishuye igisubizo gitangaje yatanze ubwo yabwirwaga ko FC Barcelona imushaka

Antonio Rudiger yemeje ko Barcelona yamwifuje mbere y’uko afata icyemezo cyo kuva muri Chelsea (…)

Sadio Mane yahishuye akaga gakomeye nyina umubyara yahuye nako muri AFCON iheruka

Umukinnyi Sadio Mane uri kuvugwa cyane mu binyamakuru kubera ko ashobora kuva muri Liverpool (…)

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA yegurijwe rimwe n’ushinzwe amarushanwa [YAVUGURUWE]

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Muhire Henry (…)

Zidane yanze gutoza PSG kubera akazi kinzozi ze ategereje

Zinedine Zidane ntabwo arasubira mu kazi kuva avuye muri Real Madrid yatozaga akayikoreramo (…)

Rayon Sports yatandukanye n’abatoza bayo bo muri Portugal iri kuganira n’umutoza ukomeye

Uwari Umutoza wa Rayon Sports Jorge Paixão Santos n’umwungiriza we Pedro Miguel,batandukanye na (…)

Marines FC yirukanye umukinnyi wayo imushinja ubugambanyi ku mukino wa Kiyovu Sports

Ikipe ya Marines FC yandikiye Intare FC batizanya abakinnyi ko yirukanye umukinnyi yabatije (…)

Arsenal igiye gutanga akayabo mu cyumweru kimwe izana abakinnyi 2 ikeneye cyane

Muri iki cyumweru, Arsenal irateganya kongera mu ikipe yayo abandi bakinnyi babiri, kuko Mikel (…)

Rodrygo Goes yahishuye ukuntu gukunda Real Madrid byatumye asuzugura se

Rutahizamu ukiri muto ariko w’umuhanga cyane Rodrygo Goes ukomoka muri Brazil yavuze ko gukunda (…)

Memphis Depay na bagenzi be bakiniye umupira mu ivumbi n’abana bafite ubumuga bishimisha benshi

Memphis Depay,Umuholandi ukinira FC Barcelona ari muri Ghana, mu biruhuko no mu rwego rwo gusura (…)

Sunrise FC yahise igaruka mu cyiciro cya mbere nyuma y’umwaka umwe

Ikipe ya Sunrise FC yagarutse mu cyiciro cya Mbere nyuma y’umwaka umwe gusa ikivuyemo,nyuma yo (…)