skol
fortebet

Imikino

Igikombe cy’Afurika cy’Ibihugu cyagombaga kuba mu mwaka utaha cyimuwe

Igikombe cy’Africa cy’ibihugu cyagombaga kuba mu kwezi kwa Kamena umwaka utaha muri Côte (…)

Abubakar Lawal wifuzwaga na benshi mu Rwanda yigiriye muri Vipers FC

Rutahizamu w’umunya-Nigeria Abubakar Lawal uherutse gusoza amasezerano y’imyaka 2, muri AS (…)

Hamenyekanye amakipe 3 ashaka Cristiano Ronaldo muri iyi mpeshyi

Nyuma yo gusaba Ubuyobozi bwa Manchester United,Cristiano Ronaldo arifuzwa n’amakipe 3 arimo (…)

Cristiano Ronaldo yasabye Manchester United kumurekura akigendera

Inkuru zikomeje gucicikana ko Cristiano Ronaldo yasabye ikipe ya Manchester United kumurekura (…)

Basketball: U Rwanda rwatsinzwe na Sudan y’Epfo mu mukino warebwe na Perezida Kagame

Ikipe ya Sudani y’Epfo yatsinze u Rwanda amanota 73 kuri 63 mu rugendo rwo gushaka itike (…)

Mohamed Salah yahawe akayabo k’Umushahara yongera amasezerano muri Liverpool

Umukinnyi Mohamed Salah yongereye amasezerano mu ikipe ya Liverpool kugeza muri 2025 nyuma y’uko (…)

Mbappe yatunguranye kubera amagambo yavuze kuri Cristiano Ronaldo na Messi

Rutahizamu wa PSG,Kylian Mbappe avuga ko kugera ku rwego rwa Messi na Ronaldo bidashoboka (…)

Imipira izakinwa mu gikombe cy’Isi 2022 yashyizwemo ikoranabuhanga rifasha kuvumbura uwaraririye

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi [FIFA] yemeje ko hazifashishwa ikoranabuhanga mu (…)

PSG yasinyishije umukinnyi wa mbere muri iyi mpeshyi

Ikipe ya PSG yatangaje ko yasinyishije Vítor Machado Ferreira "Vitinha" wakiniraga FC Porto, (…)

Mashami Vincent yabonye akandi kazi nyuma yo kwirukanwa mu Mavubi

Umutoza Mashami Vincent yamaze kwerekeza mu ikipe ya Police FC nk’umutoza mukuru, uje gusimbura (…)

Kizigenza Chris Froome ari gushakira u Rwanda inkunga yo kubaka ikigo kigezweho cy’umukino wo gusiganwa ku mugare

Umunyabigwi mu mukino wo gusiganwa ku magare,Chris Froome,watwaye Tour de France inshuro enye, (…)

Tottenham yaguze rutahizamu wifuzwaga n’amakipe akomeye mu Bwongereza

Ikipe ya Tothenham Hotspurs yamaze kurangizanya na Richarlison wakiniraga ikipe ya Everton , uyu (…)

APR FC yakuyeho urujijo ku byavugwaga ko igiye kugarura Abanyamahanga

Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko nta gahunda ihari yo kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga muri (…)

Reba abakinnyi 5 bahabwa amahirwe yo kwegukana Tour de France ihatse andi amarushanwa muri "Cycling"

Kuri uyu wa gatanu,tariki ya 1 Ukwakira 2022 nibwo irushanwa rikundwa kurusha ayandi yose mu (…)

"Baduhaye akazi gakomeye"-Adil Mohamed yakuriye ingofero ikipe ya Kiyovu Sports

Umutoza wa APR FC, Adil Mohammed Erradi,yatangaje ko yanyuzwe n’imyitwarire y’ikipe ya Kiyovu (…)