skol
fortebet

Imikino

Thomas Tuchel yatangaje amagambo ashobora gukura umutima abakunzi ba Chelsea

Umutoza Thomas Tuchel avuga ko Chelsea idafite "amahirwe" yo gutwara shampiyona yUbwongereza (…)

Manchester United yaguze umukinnyi ufite ubunararibonye muri Premier League

Umukinnyi Christian Eriksen ukina hagati ariko afasha ba rutahizamu yerekeje muri Manchester (…)

Uwari umukozi wa FERWAFA n’umusifuzi barekuwe n’urukiko

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko abakozi ba FERWAFA bari bafunzwe bakurikiranyweho (…)

MINICOM na MINISPORTS bahagaritse ibyo gutega ku mikino mu Rwanda

Ministeri y’ubucuruzi n’Inganda n’iya siporo mu Rwanda zamenyesheje ibigo bikora ibikorwa byo (…)

Cristiano Ronaldo wabuze ikipe ikomeye imugura yahawe akayabo kadasanzwe ngo ajye gukina muri Saudi Arabia

Rutahizamu wa Manchester United umunya-Portugal Cristiano Ronaldo w’imyaka 37, yemerewe (…)

Manchester United yamaze kubona abakinnyi 2 bakomeye yifuzaga

Ikipe ya Manchester United yamaze kwemeranya n’ikipe ya FC Barcelona ku kugura umukinnyi wayo (…)

Tuchel waguriwe myugariro ukomeye yavuze ku byo kuzana Cristiano Ronaldo muri Chelsea

Kuri uyu wa gatatu, Chelsea yasinyishije Raheem Sterling kuri miliyoni 47.5 z’ama pound imukuye (…)

Sadio Mane yatunguye abakinnyi ba Bayern Munich kubera ibyo yakoze ku myitozo ya mbere bakoranye

Umukinnyi Sadio Mane ukina asatira yageze mu myitozo ya Bayern Munich ’iminota 109’ mbere y’uko (…)

Rayon Sports yarekuye abakinnyi 6 bakomeye barimo Makenzi na Kwizera

Ikipe ya Rayon Sports ntizongerera amasezerano abakinnyi 6 biganjemo ab’amazina akomeye nyuma (…)

Uwakiniye Amavubi wavuzweho gusarishwa n’ibiyobyabwenge yanyomoje ayo makuru

Ndatimana Robert wakiniye ikipe y’Amavubi mu Gikombe cy’Isi cy’abatarengeje 17 yahinyuje amakuru (…)

Chelsea FC na FC Barcelona zaguze abakinnyi bakomeye zifuzaga cyane

Ikipe ya Chelsea yamaze kubona umukinnyi Raheem Sterling wakinaga muri Manchester City mu gihe (…)

Inshuti ya Cristiano Ronaldo yaciye amarenga y’ikipe ashobora kwerekezamo

Inshuti ya Cristiano Ronaldo yitwa Edu Aguirre yatangaje mu myaka yashize ko azava muri Real (…)

Neymar Jr yakoze igikorwa kigaragaza ko abanye nabi na Mbappe

Neymar arashinjwa n’abafana kwanga gukorana imyitozo na Kylian Mbappe kugira ngo ajye gukorana (…)

Paul Pogba yavuze ibibazo 3 by’ingutu byamuzonze muri Manchester United

Umukinnyi Paul Pogba yatangaje ibibazo bitatu by’ingutu yagize muri Manchester United bigatuma (…)

Eric Ten Hag yatangiye akazi muri Manchester United anyagira bikomeye Liverpool

Umutoza mushya wa Manchester United Eric Ten Hag yatangiye akazi ko kuzura iyi kipe yasubiye (…)