skol
fortebet

Imikino

Ari mu gahinda kubera kwanga gukinira Crystal Palace agahitamo gukina filimi z’urukozasoni

Uwahoze ari umukinnyi w’ikipe y’abana ya Crystal Palace,Damian Oliver yatangaje ko yicuza kuba (…)

Umukinnyi Mirafa yahawe impano y’imodoka nziza cyane n’umukobwa bagiye kurushinga

Umukinnyi w’Umunyarwanda Nizeyimana Mirafa ukina muri Zambia,yahawe impano y’imodoka n’umukunzi (…)

Manchester United yasabye Cristiano Ronaldo ikintu gikomeye kugira ngo imurekure

Ikipe ya Manchester United ngo yaba yemeye kurekura kizigenza wayo Cristiano Ronaldo muri iyi (…)

Rayon Sports igiye kuzana kizigenza ufitanye isano na Trésor Mputu Mabi

Ikipe ya Rayon Sports iri mu nzira zo gusinyisha umukinnyi ukomoka muri RDC ukina Imyanya (…)

Rayon Sports yakiriye mu myitozo kizigenza iheruka kugura

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 24 Nyakanga 2022,ikipe ya Rayon Sports yakiriye mu (…)

Jurgen Klopp yateye benshi umujinya kubera amagambo yatangaje

Umutoza Jurgen Klopp wa Liverpool yatangaje ko uyu mwaka amakipe azaruhira ubusa kuko ngo (…)

Jonas Vingegaard yegukanye Tour de France 2022 ahigitse uwari warayigaruriye

Umunya Denmark,Jonas Vingegaard yegukanye Tour de France 2022 nyuma yo kurangiza uduce 21 ariwe (…)

Migi uvugwa mu ikipe yo mu Rwanda yatandukanye na KMC

Ikipe ya KMC (Kinondoni Municipal Council FC) yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania , yatangaje (…)

Umutoza Tuchel yibasiye bikomeye abakinnyi be nyuma yo kunyagirwa na Arsenal

Umutoza Thomas Tuchel yibajije bikomeye ku murava w’abakinnyi ba Chelsea atoza,nyuma yo (…)

Atletico Madrid yatangiye gukina amakarita yatuma ibona Cristiano Ronaldo

Amakuru aravuga ko atletico Madrid yashyize Antoine Griezmann ku isoko kugira ngo yongere (…)

Afurika y’Epfo yabaye ikipe ya 3 yegukanye igikombe cy’Afurika cy’abagore

Ikipe ya Afurika y’Epfo yegukanyeIgikombe cy’Afurika cy’abagore 2022 [Total Energies WAFCON 2022 (…)

Abanyamuryango ba FERWAFA basabiye umunyamabanga wayo gufatirwa ibihano bikarishye

Abanyamuryango b’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, basabye Perezida waryo, (…)

Jose Mourinho yafashije umufana wa AS Roma guterera ivi umukunzi we

Aho Jose Mourinho yagiye hose harangwa ibikombe, impaka,udushya ndetse n’ibyishimo kuri bamwe (…)

Perezida wa FERWAFA ntiyabonetse mu nteko rusange imaze igihe itegurwa

Abanyamuryango ba FERWAFA bitabiriye inteko rusange batunguwe no kumva ko president Olivier (…)

Sadio Mane yahishuye byeruye impamvu yavuye mu ikipe ya Liverpool

Umukinnyi Sadio Mane avuga ko yabanje kubwira Liverpool icyifuzo cye cyo kuva mu ikipe ya (…)