skol
fortebet

Imikino

Kiyovu Sports yazanye umutoza w’inararibonye izajya ihemba akayabo

Alain-André Landeut wabaye umutoza wa Darling Club Motema Pembe (DR Congo) mu 2021 na Berekum (…)

FC Barcelona yapapuye Chelsea umukinnyi wa kabiri yifuzaga irashaka no kuyisenya

Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko yamaze kumvikana na Sevilla ku masezerano yo kugura (…)

#CHAN2022: Ethiopia yanyagiye South Sudan iha ubutumwa Amavubi bazahura mu ijonjora rya nyuma

Byamaze kumenyekana ko mu ijonjora rya nyuma ryo gushaka itike ya CHAN2022 U Rwanda ruzahura na (…)

Pique yahaye ibintu 2 bidasanzwe Shakira kugira ngo amureke arere abana babyaranye

Myugariro wa Barcelona, ​​Gerard Pique, yashyizeho ibintu bibiri yifuza guha uwari umukunzi we (…)

Cristiano Ronaldo yanze guhara UEFA Champions League asaba United ikintu gikomeye

Kubera UEFA Champions League,Cristiano Ronaldo yeruye asaba Manchester United gusesa amasezerano (…)

Espoir FC yasinyishirije icyarimwe Umutoza Justin na Bigirimana Issa utaha izamu

Ikipe ya Espoir FC yamaze gutangaza Bisengimana Justin nk’umutoza mushya ndetse na Bigirimana (…)

Ubonye nyina ashaje!!! Nyuma yo kwangwa n’amakipe akomeye Cristiano Ronaldo yatangiye kwamaganwa n’abafana

Abafana ba Atletico Madrid bamaze kugaragaza uruhande bariho ku makuru yavugaga ku kuza kwa (…)

Umutoza Tuchel yishumbushije ikizungerezi nyuma y’iminsi mike atandukanye n’umugore we [AMAFOTO]

Umutoza wa Chelsea, Thomas Tuchel,wa Chelsea, ari mu rukundo n’umunya Brazil w’uburanga nyuma (…)

Onana wari waragiye mu biruhuko yagarutse mu ikipe ya Rayon Sports

Rutahizamu w’umunya-Cameroun ukinira Rayon Sports, Onana Willy Essomba yageze mu Rwanda avuze (…)

Atletico Madrid yahishuye ukuri ku bivugwa ko ishaka Cristiano Ronaldo

Perezida wa Atletico Madrid, Enrique Cerezo, yatangaje ko ibihuha bihuza Cristiano Ronaldo n’iyi (…)

Afurika y’Epfo yahembye bidasanzwe ikipe y’abagore yegukanye igikombe cy;Abagore

Ikipe ya Afurika y’Epfo y’abagore iheruka gutwara bwa mbere mu mateka yayo igikombe cy’Afurika (…)

Akari ku mutima w’abakinnyi bazahagararira u Rwanda muri Commonwealth Games

Abakinnyi bahagarariye u Rwanda mu mikino ya Commonwealth izatangira kuwa kane mu mujyi wa (…)

Haravugwa igihe Rayon Sports izakirira rutahizamu ukomeye w’Umukongomani n’akayabo izamuha

Nta gihindutse,amakuru aravuga ko kuri uyu wa Kabiri ikipe ya Rayon Sports irakira Lompala (…)

Police FC igiye kwibikaho abakinnyi 3 bafite izina rikomeye mu Rwanda

Ikipe ya Police FC izatozwa n’umutoza,Mashami Vincent,yamaze kongerera amasezerano abakinnyi (…)

Hamenyekanye ikintu cy’ingenzi cyatumye Cristiano Ronaldo agaruka muri United igitaraganya

Ku wa kabiri, Cristiano Ronaldo agomba guhura n’umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag kugira (…)