skol
fortebet

Imikino

Bruno Fernandes yaciye amarenga ko United idakeneye Cristiano Ronaldo

Umukinnyi Bruno Fernandes ntiyoroheye kizigenza Cristiano Ronaldo wifuza kwerekana hanze ya (…)

Harry Maguire yahuye n’uruva gusenya muri Australia

Kapiteni wa Manchester United, Harry Maguire, yavugirijwe induru n’abafana be ubwo batsindaga (…)

Kiyovu Sports yabenzwe n’umutoza yifuzaga bikomeye

Ikipe ya AFC Leopards yatangaje ko Patrick Aussems, akiri umutoza wayo mu mwaka w’imikino utaha (…)

Niyibizi Ramadhan yareze AS Kigali muri FERWAFA ayishinja amanyanga mu masezerano

Umukinnyi Niyibizi Ramadhan wari umaze umwaka umwe muri AS Kigali yamukuye muri Marines (…)

"Ntabwo ari amagambo, turi ikipe yandagaje Kiyovu Sports muri Shampiyona"-KNC

Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Nyakanga 2022,umuyobozi wa (…)

Gasogi United yungutse abatoza bashya bakomoka mu Misiri

Ikipe ya Gasogi United yasinyishije abatoza bashya bayobowe na Ahmed Adel Abdelrahman ndetse na (…)

Ikipe ishobora gusinyisha Cristiano Ronaldo yamenyekanye

Nyuma y’igihe kinini yiruka ku makipe akomeye azakina UEFA Champions League ngo (…)

FERWAFA yakoze ibitamenyerewe ishyira hanze ingengabihe y’umwaka w’imikino

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ryari rizwiho kutagira gahunda y’uko imikino (…)

Jose Mourinho yaciye ibintu kubera igishushanyo yishyize ku mubiri

Umutoza Jose Mourinho uhora ashishikajwe no kwibutsa isi ibyo yagezeho,yakoze agashya (…)

Bayern Munich yahishuye umukinnyi ukomeye mu Bwongereza yifuza gusimbuza Lewandowski

Ikipe ya Bayern Munich yatangaje ko yifuza Harry Kane ukinira Tottenham kugira ngo asimbure (…)

Manchester United yamaze kubona myugariro uje kuziba icyuho gikomeye yagize ubushize

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko yumvikanye na Ajax ku masezerano yo kugura myugariro (…)

Rashford yahishuye ikipe yanga cyane hagati ya Liverpool kurusha Man City n’impamvu ibitera

Marcus rashford yatangaje ko yanga Liverpool kurusha Manchester City kubera amateka no (…)

Wilfried Zaha yahishuye ingeso mbi Pepe afite yatumye ahunga icyumba babanagamo

Umukinnyi wa Arsenal, Nicolas Pepe, avugwaho kugira ingeso yo kugona bituma abakinnyi bararana (…)

Chelsea yasinyishije myugariro wari mu bakomeye mu Butaliyani

Ikipe ya Chelsea yatangaje muri iki gitondo ko yasinyishije myugariro Kalidou Koulibaly (…)

Umukobwa w’Ikizungerezi ari mu gahinda kubera umukinnyi wo muri Premier League basambanye akamuta

Umukinnyi wa Premier League utavuzwe amazina arashinjwa n’umunyamideli uzwi ku rubuga rwa (…)