skol
fortebet

Imikino

Biravugwa: Thomas Partey amerewe nabi cyane n’umukunzi we ushaka kumufungisha

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Arsenal ukomoka muri Ghana arashinjwa gufata ku ngufu n’umukunzi (…)

Yanga SC yaguze umukinnyi wakinnye muri Newcastle ikina Premier League [AMAFOTO]

Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yatangaje ko yasinyishije amasezerano y’imyaka 2,Umurundi (…)

Arteta yahaye isezerano rikomeye abafana ba Arsenal

Umutoza Mikel Arteta yemeje ko Arsenal igifite gahunda yo gusinyisha abandi bakinnyi benshi muri (…)

Rayon Sports yiyemeje kwiyubaka ihereye mu mizi nyuma y’akayabo yahawe na Skol

Ikipe ya Rayon Sports yongereye amasezerano y’imikoranire yari ifitanye n’Uruganda rwenga Inzoga (…)

Chelsea yamaze kumvikana na myugariro uzayifasha kuziba icyuho cy’abagiye

Amakuru aravuga ko ikipe ya Chelsea yamaze kumvikana na myugariro wahoze ayikinira Nathan Ake (…)

Rayon Sports yahishuye umubare w’abanyamahanga igiye kuzana

Umutoza mushya wa Rayon Sports,Haringingo Francis,arashaka hasi hejuru igikombe cya shampiyona (…)

Hamenyekanye ibanga rikomeye Rayon Sports yakoresheje kugira ngo SKOL iyishoremo akayabo

Umuyobozi wa Skol, Ivan Wulffaert yatangaje ko nubwo bari bagifitanye amasezerano y’umwaka umwe (…)

Rayon Sports yasinyishije umwe mu bakinnyi beza mu gihugu cy’u Burundi

Ikipe ya Rayon Sports yasinyishije Mbirizi Eric wakiniraga Le Messager Ngozi yamaze kwerekeza (…)

APR FC yasinyishike umusore wifuzwaga cyane na Rayon Sports

Fabio NDIKUMANA wakiniraga Musanze FC yasinye amasezerano y’imyaka 2 mu ikipe ya APR FC. Uyu (…)

Rayon Sports yaguze umukinnyi uri mu bagaragaza ejo hazaza heza

Ndekwe Bavakure Félix yerekeje mu ikipe ya RAYON SPORTS FC avuye muri AS Kigali FC yari amazemo (…)

Cristiano Ronaldo yatengushye Manchester United yari imutegereje

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ntazaboneka mu gice kibanza cy’uruzinduko rwa Manchester United (…)

Rayon Sports igiye guhabwa akayabo mu masezerano mashya n’Umuterankunga wayo

Nyuma yo kuvugurura amaseserano yari ifitanye na @canalplus_rwanda mu minsi ishize, ikipe ya (…)

Sadio Mane yasabye gusinya amasezerano y’urupfu kugira ngo yemererwe gukinira Senegal muri AFCON 2020

Rutahizamu Sadio Mane yatangaje ko yari yiteguye gusinya "amasezerano y’urupfu" kugira ngo (…)

Reba uburanga bw’abakinnyi ba Arsenal y’abagore basuye ingagi mu Birunga [AMAFOTO]

Abakinnyi ba Arsenal y’Abagore barimo Caitlin Foord, Jordan Nobbs, Jen Beattie na Katie McCabe (…)

FERWAFA igiye kuzajya ihabwa asaga miliyari na CAF mu kuzamura umupira w’amaguru

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Africa CAF rigiye kujya ritanga buri mwaka miliyoni 1 (…)