skol
fortebet

Imikino

Pep Guardiola yahishuye ikipe Sergio Aguero agiye gukinamo avuga no kuri Lionel Messi

Umutoza Pep Guardiola wa Manchester City watwaye igikombe cya shampiyona y’Ubwongereza uyu (…)

Seninga Innocent yandikiye Perezida wa Musanze urwandiko nyuma yo kwirukanirwa ku kibuga

Uwari umutoza wa Musanze FC,Seninga Innocent,yaraye yirukaniwe ku kibuga n’umuyobozi w’iyi kipe (…)

AS Kigali yahaye isomo Rayon Sports mu gihe APR FC yabonye amanota 3 yiyushye akuya

Kuri Stade ya Muhanga, habereye umukino w’umunsi wa mbere mu makipe umunani ahataniye igikombe (…)

Ross Barkley wa Chelsea yasohowe nabi mu kabari kubera gusinda agasahinda [AMAFOTO]

Umukinnyi w’Umwongereza Ross Barkley ukinira Chelsea ariko watijwe Aston Villa muri uyu mwaka (…)

FERWAFA yasubitse umukino wa Marines FC VS Rutsiro FC kubera iruka rya Nyiragongo

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo cyo gusubika umukino (…)

Pep Guardiola yatangiye kwiruka kuri rutahizamu ukomeye mu Bwongereza

Umutoza wa Manchester City, Pep Guardiola,yahishuye ko yifuza rutahizamu wa mbere mu (…)

Siporo rusange ya Car Free Day yongeye kugaruka [AMAFOTO]

Kuri iki Cyumweru, Siporo rusange ya Car Free Day itegurwa n’Umujyi wa Kigali yongeye (…)

Atletico Madrid yigaranzuye Real Madrid iyitwara igikombe cya shampiyona

Mu mukino w’umunsi wa nyuma wari injyanamuntu,Atletico Madrid yatsinze Valladolid nkuko (…)

Igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru gishobora gutangira gukinwa nyuma y’imyaka 2

Mu gihe byari bimenyerewe ko igikombe cy’isi gikinwa buri nyuma y’imyaka 4 ikindi kirangiye,FIFA (…)

Phil Foden yahishuye umukinnyi wamugoye kurusha abandi nibyo yaganiriye na Haaland bamaze kumusezerera

Umukinnyi ukiri muto wa Manchester City,Phil Foden,yahishuye ko mu bakinnyi bose yahuye nabo (…)

"Manchester City ntiyari kwegukana igikombe iyo igira imvune nk’izacu"-Klopp

Umutoza wa Liverpool Jurgen Klopp avuga ko Manchester City itari kwegukana igikombe cya (…)

Chelsea yahaye Tottenham abakinnyi 3 n’amafaranga kugira ngo yegukane Harry Kane

Ikipe ya Chelsea ishaka rutahizamu muri iyi mpeshyi, yiyemeje kwegukana Harry Kane uherutse (…)

FERWAFA yashyize hanze ingengabihe yuzuye y’uko amakipe azahura

Imikino y’amakipe 8 yishakamo izegukana igikombe n’izahagararira u Rwanda mu marushanwa ya CAF (…)

Rayon Sports yahishuye amamiliyoni yasaruye mu bafana baguze amatike batagera ku kibuga

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko nubwo nta bafana bageze kuri stade mu mikino 6 y’amatsinda (…)

Byiringiro Lague yagarutse mu myitozo nyuma yo kuva mu Busuwisi

Rutahizamu Byiringiro Lague w’imyaka 20 y’amavuko wari waragiye mu igeragezwa mu (…)