skol
fortebet

Imikino

Dele Alli ari mu rukundo n’umukobwa w’umutoza Pep Guardiola [AMAFOTO]

Umukinnyi wa Tottenham,Dele Alli,yafotowe yasohokanye n’umukobwa w’umutoza wa Manchester (…)

Umutoza Arsene Wenger yageze mu Rwanda

Umutoza wamenyekanye muri wa Arsenal,Arsene Wenger, ari mu Rwanda aho yitabiriye inama ya Komite (…)

MINISPORTS yashyizeho ibisabwa ku bafana bifuza kuzareba imikino ya BAL

Minisiteri ya Sport (MINISPORTS) yashyizeho ibisabwa ku abanyarwanda bashaka kuzakurikirana (…)

Byiringiro Lague yamaze gusinya amasezerano y’imyaka 3 muri FC Zurich

Umukinnyi ukiri muto w’umunyarwanda,Lague Byiringiro wakiniraga APR FC yo mu Rwanda yamaze (…)

Rayon Sports yihagazeho imbere ya Kiyovu Sports yashakaga kuyiha isomo

Ikipe ya Rayon Sports na Kiyovu Sports zagabanye amanota mu mukino w’umunsi wa 5 wa shampiyona (…)

Dennis Oliech wakinnye muri Ligue 1 no mu ikipe ya Kenya ari mu bukene bukabije

Umukinnyi uzwi cyane mu gihugu cya Kenya no ku mugabane w’afurika, Dennis Oliech,yemeje ko ari (…)

Thomas Tuchel agiye guhabwa miliyoni 150 z’amapawundi kugira ngo agure ba rutahizamu 2 bakomeye

Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,umaze gukora ibikorwa bikomeye muri iyi kipe mu gihe gito (…)

Umubyeyi wa Cristiano Ronaldo yahishuye ikintu yifuza ko yamukorera

Umubyeyi wa rutahizamu Cristiano Ronaldo witwa Dolores Aveiro arifuza ko umuhungu we yava mu (…)

Shampiyona: AS Kigali yongeye kwihaniza Police FC mu gihe Mukura VS yasigaye

Mu mukino wa 5 mu itsinda C,Police FC yatsinzwe ku nshuro ya kabiri ibitego 2-0 na AS Kigali (…)

Cristiano Ronaldo yarakariwe na bagenzi be bakinana kubera igikorwa yakorewe n’ubuyobozi bwa Juventus

Cristiano Ronaldo washoboye kugera ku bitego 100 mu ikipe ya Juventus,bivugwa ko atameranye neza (…)

Abakinnyi 10 ba mbere ku isi bazi kurema amahirwe menshi abyara ibitego no kuyobora umukino

Muri iki gihe,nta makinnyi ugikina wenyine ayoboye ikipe ariyo mpamvu ibigugu ku mugabane w’I (…)

Marcelo yashwanye n’umutoza Zidane bari mu myitozo

Myugariro Marcelo arashinjwa gusuzugura umutoza we Zinedine Zidane mu myitozo ya nyuma Real (…)

Umukino wa UEFA Champions League uzongera gukinirwa nuri Portugal

Umukino wa nyuma wa Champions League hagati ya Chelsea na Manchester City wo ku itariki ya 29 (…)

Neymar Jr yavuze umukinnyi batakinnye mu ikipe imwe yifuza ko bakinana n’inzozi afite mbere yo gusezera umupira w’amaguru

Umunya Brazil witwa Neymar Jr yavuze ko nubwo yakinnye mu ikipe imwe na Lionel Messi na Kylian (…)

Nduwantare Ismael utarabona inota na 1 muri shampiyona y’u Rwanda yirukanwe na AS Muhanga

Ikipe ya AS Muhanga yatandukanye n’umutoza Nduwantare Ismael wayitozaga kubera umusaruro muke (…)