skol
fortebet

Imikino

Amavubi yamenye ingengabihe y’uko azakina imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’isi

Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ‘Amavubi’, izatangira imikino yo mu itsinda E ry’ijonjora (…)

AS Kigali na Police FC zamaze kwemererwa gusubukura imyitozo yo kwitegura shampiyona

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ ryemereye ikipe ya Police FC na AS Kigali (…)

Abahagarariye rutahizamu Haaland bakomeje kuzenguruka amakipe y’ibigugu bashaka aho azerekeza mu mpeshyi

Abahagarariye rutahizamu Erling Haaland barimo Mino Raiola na se Alf Inge bagaragaye muri (…)

Abakinnyi 5 bakomeye umutoza Sir Alex Ferguson yagerageje kugurira Manchester United ntibimukundire

Umunyabigwi Sir Alex Ferguson wakoze amateka atazibagirana mu myaka 26 yamaze atoza Manchester (…)

Pep Guardiola yiyemeje gusimbuza Sergio Aguero ba rutahizamu 2 bakomeye ku isi

Umutoza wa Manchester City,Pep Guardiola,uherutse kwemera gutandukana na rutahizamu w’Umunya (…)

Ubudage bufite ibikombe 4 by’isi bwatsinzwe n’ikipe iri mu zisuzugurwa cyane i Burayi

Ikipe y’igihugu ya North Macedonia yatunguye Ubudage bufite ibikombe by’isi bine, ku gitego (…)

Wayne Rooney yahishuye rutahizamu utari umwongereza wamukoze ku mutima muri Premier League

Uwahoze ari rutahizamu ukomeye wa Manchester United akaba na kapiteni wayo,Wayne (…)

Cristiano Ronaldo ashobora kwambura Sergio Aguero Lionel Messi

Nyuma y’aho ikipe ya Manchester City yemeje ko izarekura rutahizamu wayo w’ibihe byose, Sergio (…)

Mashami Vincent yikomye umusifuzi n’igihugu cya Cameroon cyabeshye ko abakinnyi 5 b’Amavubi banduye covid-19

Ikipe y’Igihugu "Amavubi"yaraye ibuze amahirwe yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika ku nshuro ya (…)

Manchester City yiyemeje guha akayabo rutahizamu usimbura Sergio Kun Aguero

Ikipe ya Manchester City yamaze gutangaza ko umunyabigwi wayo Sergio Kun Aguero atazongererwa (…)

Amavubi y’abakinnyi 10 yakuye inota kuri Cameroon ntiyakabya inzozi zayo

Inzozi zo gusubira mu gikombe cy’Afurika ku ikipe y’u Rwanda zikomeje kwanga nyuma y’aho ananiwe (…)

Ronaldo mukuru yavuze impamvu yiyogoshesheje inyogosho itangaje mu gikombe cy’isi 2002

Kizigenza Luis Nazario de Lima uzwi nka Ronaldo wamamaye mu ikipe ya Brazil muri 2002 ubwo (…)

Rayon Sports yongeye gucibwa akayabo kubera kutubahiriza ibyo yumvikanye n’umukinnyi w’umunya Cameroon

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru ku isi [FIFA] ryahaye Rayon Sports iminsi 45 yo kuba yishyuye (…)

Juventus irashaka gusimbuza Andrea Pirlo umutoza ukomeye ku isi

Ikipe ya Juventus irashaka umutoza ukomeye wo gusimbura Andrea Pirlo utarayifashije kugera muri (…)

Sir Alex Ferguson yahishuye icyamubabaje n’icyo abafana bamukoreye atazibagirwa muri Manchester United

Umunyabigwi w’ikipe ya Manchester United, Sir Alex Ferguson,wayitoje imyaka 26 akayihesha (…)