skol
fortebet

Imikino

Jorginho yahishuye abakinnyi 3 bafite ubwenge bwinshi mu ikipe ya Chelsea

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea,Jorginho wavukiye muri Brazil ariko akaba akinira (…)

Abantu 2 bahitanwe na Covid-19 mu Rwanda abandi 68 barayandura

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Mbere tariki 22 Werurwe 2021, abantu (…)

FERWAFA yanyomoje CAF yayibeshyeye ku isubukurwa rya shampiyona y’u Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemeje ko amakuru yatazwe (…)

Juventus yashyize ivuga ku hazaza ha rutahizamu Cristiano Ronaldo

Nyuma y’ibihuha byinshi ko ikipe ya Juventus ishaka kugurisha kizigenza wayo Cristiano Ronaldo, (…)

FERWAFA yatangaje igihe shampiyona izatangirira n’uko izakinwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje ko ryateganyije ko Shampiyona (…)

Arsenal na Manchester United zamenye abo zizahura mui ¼ na ½ cy’irangiza cya UEFA Europa League

Amakipe 2 yo mu Bwongereza asigaye mu irushanwa rya Europa League ariyo Arsenal na Manchester (…)

PSG yahawe amahirwe yo kwihorera kuri Bayern Munich yayitwaye igikombe gishize [Tombola ya ¼ na ½ ya UEFA Champions League]

Ikipe ya PSG iheruka gukuramo FC Barcelona,yatomboye Bayern Munich yayitsindiye ku mukino wa (…)

Arsenal na Manchester United zageze muri ¼ cya Europa League ,Tottenham isezererwa mu buryo bugayitse

Amakipe akomeye mu Bwongereza ariyo Arsenal na Manchester United yageze muri ¼ cya Europa League (…)

Minisports yakomoreye imikino irimo na shampiyona y’umupira w’amaguru inatangaza ibisabwa

Minisiteri ifite siporo mu nshingano zayo yemereye Amashyirahamwe y’imikino atandukanye mu (…)

Jurgen Klopp yahishuye isezerano rikomeye yagiranye n’umuryango we

Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yatangaje ko nyuma yo kuva muri Liverpool,nawe ahazaza he (…)

Karekezi Olivier agiye gusezerera bamwe mu bakinnyi bakekwaho kwakira ruswa n’abanze guhabwa urukingo rwa Covid-19

Umutoza wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko ubwo shampiyona izaba itangiye,azirukana (…)

Thomas Tuchel yahaye isezerano rikomeye abafana b’ikipe ya Chelsea muri ¼ cya Champions League

Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,utaratsindwa mu mikino 13 amaze gutoza iyi kipe yatangaje ko (…)

FERWACY yahamagaye abakinnyi 15 bagomba gutangira imyitozo yo kwitegura Tour du Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) ryatangaje abakinnyi 15 bazitabira (…)

Chelsea FC na Bayern Munich zujuje umubare w’amakipe 8 yageze ¼ cya UEFA Champions League

Kuri uyu wa Gatatu nibwo hagombaga gusozwa imikino ya 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions League (…)

Sergio Aguero yavuye mu kibuga arakaye kubera ubugome yakorewe na bagenzi be bakinana

Rutahizamu wa Manchester City witwa Sergio Aguero yatangaje ko abakinnyi bakinana banze (…)