skol
fortebet

Imikino

Rwabugiri yahamagawe mu Mavubi gusimbura Kimenyi Yves ugiye kumara ibyumweru 3 adakina

Umutoza w’ikipe y’igihugu,Mashami Vincent,yahamagaye Omar Rwabugiri mu myitozo mu mwanya wa Yves (…)

Thomas Tuchel yemeje ko atazaba umupolisi w’abakinnyi nka Frank Lampard

Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yavuze ko atazigera aba umupolisi w’abakinnyi be ngo ajye abaca (…)

Zidane yatangaje amakuru atari meza ku hazaza ha Ramos anavuga ku igaruka rya Cristiano Ronaldo

Umutoza Zinedine Zidane wa Real Madrid avuga ko atazi neza niba kapiteni Sergio Ramos azaguma (…)

Umuherwe wa 09 muri Afurika yatorewe kuyobora CAF

Umunyafurika y’Epfo,Patrice Motsepe usanwe ari umuntu wa 9 ukize muri Afurika ndetse akaba ari (…)

Messi na Cesc Fabregas basabwe ikintu gitangaje n’abagore babo

Kubera umubano ukomeye uri hagati ya Cesc Fabregas na Lionel Messi,abagore babo babasabye ko (…)

Arsenal na Tottenham zaharuye inzira ya ¼ cya Europa League, Manchester United itenguhwa n’umunyezamu wayo

Mu ijoro ryakeye nibwo habaye imikino ibanza ya 1/16 cy’irangiza muri Europa League aho amakipe (…)

Cavani yavuguruje se washakaga kumuteranya n’ikipe ya Manchester United

Rutahizamu wa Manchester United, EDINSON Cavani,yatangaje ko atewe ishema no kwambara umwenda (…)

PSG yihimuye kuri FC Barcelona yayikoreyeho “Remontada”iyisezerera hakiri kare muri Champions League

Ikipe ya FC Barcelona yari yitezweho gukora ibitangaza bya ‘remontada’ nk’ibyo yakoreye kuri PSG (…)

Bruno Fernandes yasabye ikintu gikomeye Manchester United kugira ngo yongere amasezerano

Umukinnyi ngenderwaho mu ikipe ya Manchester United,Bruno Fernandes yanze kongera amasezerano (…)

Maracana Stadium yamamaye ku isi igiye kwitirirwa igihangange Pelé

Stade izwi cyane ya Maracana muri Brazil igiye kwitirirwa igihangange mu mupira w’amaguru ku isi (…)

Cristiano Ronaldo arashinjwa kugambanira bikomeye ikipe ya Juventus

Ikipe ya Juventus ikomeje kugaruka cyane mu binyamakuru kubera ukuntu yaraye isezerewe mu buryo (…)

Ingabo z’u Burundi zirashinjwa kwinjira muri Kivu y’Epfo zikurikiranye inyeshyamba

Ishyirahamwe ryo mu ntara ya Kivu y’epfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo rivuga ko kuva (…)

Umukinnyi wa Everton yatewe n’abitwaje imipanga basahura ibintu bihenze byo mu rugo rwe

Umunyezamu wa kabiri wa Everton witwa Robin Olsen w’imyaka 31,yatewe n’abagizi ba nabi bari (…)

Juventus yongeye gusezererwa rugikubita mu mikino ya UEFA Champions League

Nkuko byagenze mu mwaka w’imikino ushize,Juventus yongeye gusezererwa mu mikino ya UEFA (…)

Jose Mourinho yavuze ikintu gikomeye cyatumye Gareth Bale yongera kugaruka mu bihe byiza

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yatangaje ko kizigenza batiye mu ikipe ya Real Madrid (…)