skol
fortebet

Imikino

Umutoza wa Chelsea yatonganyije umukinnyi we kubera kutubahiriza amabwiriza yamuhaye

Umutoza wa Chelsea,Thomas Tuchel,yaraye agaragaye ari gutonganya rutahizamu we amuhora ko (…)

Joachim Low wafashije Ubudage gutwara igikombe cy’isi agiye gusezera nyuma y’imyaka 15 abutoza

Umudage Joachim Low wari umaze imyaka 15 atoza ikipe y’igihugu cye y’umupira w’amaguru (…)

Umuhango wo gusinyana amasezerano mashya hagati ya Rayon Sports na SKOL wasubitswe

Ikipe ya Rayon Sports yari yatangarije abakunzi bayo ko kuwa Kane tariki ya 11 Werurwe (…)

Kylian Mbappe yasabye akayabo k’umushahara amakipe yifuza kumusinyisha mu mpeshyi

Rutahizamu Kylian Mbappe ukinira ikipe ya PSG akomeje guhangayikisha amakipe menshi amwifuza (…)

Minisitiri Munyangaju yashimiye Team Rwanda ayizeza gukemura bimwe mu bibazo ifite birimo n’uduhimbazamusyi

Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa yasuye Team Rwanda yari imaze iminsi mu Misiri (…)

Amavubi yatangiye imyitozo yo kwitegura Mozambique na Cameroon mu mvura [AMAFOTO]

Abakinnyi b’Amavubi batangiye imyitozo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08 Werurwe 2021 mu mvura (…)

Joan Laporta wiyemeje gusinyisha Messi yatorewe kuyobora FC Barcelona

Umugabo witwa Joan Laporta,niwe watsinze amatora yo kuyobora ikipe ya FC Barcelona iri mu bibazo (…)

Manchester United yahagaritse umuvuduko wa City,Liverpool ikomeza kujya ahabi

Ikipe ya Manchester United yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago ubwo yatsindaga Manchester City (…)

Amavubi yamaze kwerekeza I Nyamata mu myiteguro yo gushaka itike ya CAN 2021

Nyuma y’aho umutoza Mashami Vincent ahamagaye abakinnyi 31 bagomba gufasha ikipe y’igihugu (…)

Lionel Messi yatoye Perezida wa FC Barcelona ku nshuro ye ya mbere

Benshi baracyibaza icyihishe inyuma yo kuba umunyabigwi akaba na kapiteni w’ikipe ya FC (…)

Igikombe cya CECAFA Rayon Sports yatwaye mu 1998 cyabonetse i Huye

Ni kenshi abafana ba Rayon Sports bakunda guhiga ubutwari aba APR FC ko batwaye igikombe cya (…)

Paris Saint-Germain yiyemeje gushora akayabo mu kugura umukinnyi wa Manchester United

Ikipe ya PSG yo mu gihugu cy’Ubufaransa yiyemeje kujya ku isoko muri iyi mpeshyi igatanga (…)

Mikel Arteta yavuze kuri Xhaka ukomeje gukora amakosa ashyira mu mazi abira Arsenal

Uyu mutoza yavuze ko abakinnyi be Granit Xhaka na Bernd Leno bakina mu buryo ashaka ariyo mpamvu (…)

Jack Grealish yahuye n’uruva gusenya ubwo yari atangiye gutereta ikizungerezi ku mbuga nkoranyambaga

Umukinnyi ukina mu ikipe ya Aston Villa, Jack Grealish muri Premier League, yari atangiye (…)

U Rwanda rwakuye imidali 14 muri shampiyona y’Afurika yo gusiganwa ku magare

Kuri uyu wa Gatandatu nibwo hasojwe Shampiyona y’Afurika yo gusiganwa ku magare ya 2021 yari (…)