skol
fortebet

Imikino

Liverpool yari imaze hafi ikinyejana idatsindirwa mu rugo 4 kikurikiranya yabikorewe na Everton yaherukaga kuyitsinda 1999

Ikipe ya Liverpool ikomeje gukora uduhigo tubi cyane itari yagakora kuko uyu munsi yatsindiwe mu (…)

Nshimiyimana yavuze ko Mashami atamenya ikibazo Kalisa Rashid yari afite atarakinnye umupira

Umutoza wa AS Kigali,Eric Nshimiyimana,yatangaje ko umukinnyi we Kalisa Rashid yavunitse ariko (…)

AS Kigali yananiwe kugera mu matsinda ya CAF Confederations Cup

Ikipe ya AS Kigali yananiwe kurira umusozi muremure yasabwaga gusoza kugira ngo igere mu mikino (…)

Lionel Messi arashinjwa guteza umwuka mubi mu rwambariro rwa FC Barcelona

Kapiteni wa FC Barcelona,Lionel Messi arashinjwa guteza umwuka mubi mu rwambariro nyuma yo (…)

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo yahishuye uko ateta cyane iyo yagiye gukina umupira

Umukunzi wa Cristiano Ronaldo, Georgina Rodriguez yahishuye ko iyo uyu mukinnyi atari mu rugo (…)

Zinedine Zidane yavuze amagambo akomeye kuri Mbappe na Haaland

Umutoza wa Real Madrid,Zinedine Zidane,yashimagije cyane ba rutahizamu bakiri bato ariko (…)

Rayon Sports yasabwe kwerekana imitungo yayo ngo ifatirwe hishyurwe Ivan Minnaert bitarenze umunsi umwe

Umuhesha w’inkiko Me NTIRUSHWA Diogène yasabye RAYON SPORTS FC kwerekana umutungo ugomba (…)

Sheikh Hamdan Habimana wakekwagaho kwiba umunyamakuru Clarisse Uwimana yarekuwe

Uwahoze ari umunyamabanga wa Mukura VS, akaba na perezida wa Ijabo Ryawe Rwanda(ihuriro (…)

Gianni Infantino uyobora FIFA yafunguye icyicaro cyayo mu Rwanda [AMAFOTO]

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na (…)

Umukecuru watwaye umugabo w’umukobwa we yagiye kubyara yikomye abamunenze

Umukecuru witwa Georgina Aldridge w’imyaka 44, ari guca ibintu mu Bwongereza aho akomoka no ku (…)

Manchester City yahaye Lionel Messi akayabo k’amafaranga kugira ngo azayikinire umwaka utaha

Bisa nk’aho ikipe ya Manchester City yahaye Lionel Messi sheke iriho ubusa ngo yiyuzurize kuko (…)

Manchester United yatangiye Europa League inyagira,Aubameyang ahemukira cyane Arsenal

Kuri uyu wa Kane, nibwo hatangiye imikino ya 1/32 cya UEFA Europa League aho amakipe atandukanye (…)

Tuyisenge Jacques yateye ivi asaba umukunzi we kuzamubera umugore [AMAFOTO]

Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya CHAN, Tuyisenge Jacques yateye ivi asaba umukunzi we w’igihe (…)

Hasohotse urutonde rw’abakinnyi benshi Arsenal izagurisha barimo na Lacazette

Amakuru aturuka mu binyamakuru bitandukanye mu Bwongereza aravuga ko ikipe ya Arsenal igiye (…)

Pele yahishuye ko yasambanye n’abakobwa benshi cyane ndetse atazi n’umubare w’abana yabyaye

Umunya Brazil watwaye ibikombe by’isi 3 ndetse akabitsindamo ibitego 12 mu mikino 14 yahishuye (…)