skol
fortebet

Imikino

Guinea yashyize iherezo ku nzozi z’u Rwanda zo kugera muri ½ cy’irangiza muri CHAN 2020

Ikipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza (…)

Minisitiri Munyangaju yongeye guha Amavubi ubutumwa bwa Perezida Kagame

Kuri iki cyumweru,nibwo Amavubi arakina na Guinea mu mukino wa 1/4 ariyo mpamvu Minisitiri (…)

Abafana ba Marseille bahanganye na Polisi ubwo bashakaga gutwika ikibuga cy’imyitozo mu myigaragambyo [AMAFOTO]

Abafana b’ikipe ya Marseille binjiye ku kibuga cy’imyitozo cy’ikipe yabo Robert Louis-Dreyfus (…)

Akayabo amasezerano ya Lionel Messi na FC Barcelona azarangira atwaye kamaze kumenyekana

Kizigenza Lionel Messi azarangiza amasezerano yagiranye na FC Barcelona muri Kamena uyu mwaka (…)

Umugore wa Angel Di Maria yamusabye ikintu gikomeye kubera urukundo akunda Messi

Umukinnyi ukina aca ku mpande mu ikipe ya PSG,Angel di Maria yabwiye abanyamakuru ko umugore we (…)

#CHAN2020:Cameroon na Mali zamaze kugera muri ½ cy’irangiza

Imikino ya CHAN 2020 kugenda igana ku musozo aho amakipe arimo Cameroon yakiriye iri rushanwa (…)

Amagambo Perezida wa Real Madrid yabwiye Sergio Ramos ashobora kuzambya byinshi

Perezida wa Real Madrid, Florentino Perez biravugwa ko yabwiye kapiteni Sergio Ramos ko ari (…)

FERWAFA yategetse abashaka guha agahimbazamusyi kuzajya bandika babisaba

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryasohoye itangazo ritegeka abifuza gushyigikira (…)

Agahimbazamusyi gahanitse Amavubi azahabwa natsinda Guinea kamenyekanye

Ikipe y’igihugu Amavubi ihanze amaso kuri iki cyumweru aho ishobora gukora amateka itigeze ikora (…)

Ahmad Ahmad wari wahagaritswe imyaka 5 yagaruwe ku buyobozi bwa CAF by’agateganyo na CAS

Kuri uyu wa gatanu, Ahmad Ahmad wahagaritswe na FIFA imyaka 5 kubera amakosa yo kunyereza (…)

Rio Ferdinand yahishuye umukinnyi watukiye mu myitozo Cristiano Ronaldo bimutera gukora cyane

Uwahoze ari myugariro wa Manchester United, Rio Ferdinand yatangaje ko kizigenza Cristiano (…)

Cristiano Ronaldo n’umukunzi we bari mu mazi abira kubera amakosa bakoze

Rutahizamu wa Juventus n’umukunzi we, Georgina Rodriguez,bari mu mazi abira kubera ko barenze ku (…)

Mashami Vincent yavuze ku ikipe ya Guinea bazahura mu mikino ya 1/4 cy’irangiza

Umutoza w’ikipe y’igihugu "Amavubi" Mashami Vincent, yatangaje ko ubu bagiye gufata umwanya wo (…)

U Rwanda rwamenye ikipe bizahura muri ¼ cya CHAN 2020

Ikipe y’igihugu Amavubi izahura na Guinea yayoboye itsinda rya D mu mikino ya ¼ cy’irangiza mu (…)

Real Madrid yatije Arsenal umukinnyi w’umuhanga wo kuziba icyuho cya Mesut Ozil

Ikipe ya Arsenal yamaze gutangaza ko yamaze gutizwa umunya Norway, Martin Odegaard,wakinaga (…)