skol
fortebet

Imikino

Arteta yatangaje amagambo yuzuye amaganya nyuma yo gutsindwa umukino wa 8 wa Premier League

Ikipe ya Arsenal ikomeje kurimbuka nyuma y’aho mu ijoro ryakeye yatsindwaga na Everton ibitego (…)

Abantu babiri bo mu mujyi wa Kigali bishwe na Coronavirus abandi 127 barayandura

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 19 Ukuboza 2020,abagabo babiri barimo bo (…)

Mohamed Salah yahangayikishije abafana ba Liverpool kubera amagambo yatangaje

Rutahizamu Mohamed Salah wa Liverpool yahangayikishije abafana b’iyi kipe ubwo yacaga amarenga (…)

Umwe mu bakiniye Arsenal yasabye ko Arteta yirukanwa agasimburwa n’umunyabigwi wayo

Myugariro wakiniye Arsenal,William Gallas yatangaje ko Arsenal ikwiriye kureba kure ikirukana (…)

Ishimwe Kevin wakinnye muri APR FC na Rayon Sports yasezeranye imbere y’amategeko

Umukinnyi Ishimwe Kevin uherutse kwirukanwa na APR FC yasezeranye byemewe n’amategeko n’umukunzi (…)

Nyina wa Marcus Rashford yatangaje ubuzima bubi babayemo bwatumaga aharira ifunguro abana be we inzara ikamwica

Nyina wa rutahizamu wa Manchester United,Marcus Rashford witwa Melanie Maynard yatangaje ko (…)

Mourinho yongeye kwibasira Jurgen Klopp baherutse gushaka gukozanyaho

Umutoza Jose Mourinho wa Tottenham akomeje gushotora mugenzi we Jurgen Klopp wa Liverpool (…)

Amavubi U-17 yasezerewe atarenze amatsinda muri CECAFA U-17 iri kubera mu Rwanda

Ikipe y’igihugu "Amavubi" y’abatarengeje imyaka 17 [ U17] yasezerewe muri CECFA u-17 atarenze (…)

APR FC yamaganye ibirego yashinjwe na FERWAFA byo kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19

Ikipe ya APR FC yasohoye inkuru ku rubuga rwayo yamagana amakuru yavuze ko yishe amabwiriza yo (…)

Ubuzima buhenze cyane Neymar Jr abamo I Paris burimo inzu akodesha arenga miliyoni 12 FRW ku kwezi [AMAFOTO]

Umukinnyi Neymar Jr ukinira ikipe ya Brazil na PSG,aba mu buzima buhenze cyane ariko buryohereye (…)

Cristiano Ronaldo yatunguranye atora Messi mu bihembo by’umukinnyi wa mbere ku isi muri 2020

Ku nshuro ya mbere,Cristiano Ronaldo yatoye mukeba we Lionel Messi bahanganiye kuyobora isi mu (…)

Robert Lewandowski yatowe nk’umukinnyi wa mbere ku isi muri 2020,Klopp aratungurana mu batoza

Umunya Poland,Robert Lewandowski ukinira ikipe ya Bayern Munich niwe watowe nk’umukinnyi wa (…)

Bernd Leno yanenze bikomeye bagenzi be bakinana anagaragaza intege nke za Arteta

Umunyezamu wa Mbere wa Arsenal,Bernd Leno,yavuze ko arakajwe n’imyitwarire ya bagenzi be (…)

KNC yemeje ko ashobora kuva mu mupira w’amaguru kubera ibihombo aterwa n’abawuyobora

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United,Kakoza Nkuriza Charles uzwi nka KNC yahishuye ko ashobora (…)

Perezida wa Kiyovu Sports yatangiye kwicuza impamvu yinjiye mu mupira w’amaguru

Perezida wa Kiyovu, Mvukiyehe Juvenal yahakanye amakuru avuga ko yaba yatawe muri yombi azira (…)