skol
fortebet

Imikino

Umufana wa Arsenal yambaye agapfukamunwa mu maso kubera ibihe bibi cyane irimo

Ishyamba si iryeru mu ikipe ya Arsenal ikomeje gusatira inzira yo kumanuka mu cyiciro cya kabiri (…)

Umugore wa myugariro John Stones yahishuye ubugome bukomeye yamukoreye bwangije ubuzima bwe

Nubwo bakundanye kuva ku myaka 16 umugore witwa Millie Savage wahoze akundana na myugariro John (…)

Frank Lampard yanyomoje Jurgen Klopp kubyo aheruka gutangaza kuri Chelsea

Umutoza wa Chelsea FC,Frank Lampard yatangaje ko ibyo umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp aherutse (…)

Gor Mahia yatandukanye na Robertinho kubera ikibazo cy’ibyangombwa

Ikipe ya Gor Mahia yo mu gihugu cya Kenya yatangaje ko yatandukana n’umutoza w’Umunya-Brazil, (…)

Amategeko ya Covid-19 yatumye CECAFA U-17 yimurirwa kuri iki cyumweru

Imikino ya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17 igomba kubera mu Rwanda guhera kuri uyu wa gatandatu, (…)

Mugwiza Desire yongeye gutorerwa kuyobora FERWABA ku bwiganze bw’amajwi

Mugwiza Desire yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda (…)

Adil Mohamed yanenze Abanyarwanda bibasiye cyane APR FC nyuma yo gusezererwa na Gor Mahia

Umutoza wa APR FC,Adil Mohamed yatangaje ko ashimira cyane ubuyobozi bwe n’abakinnyi atoza (…)

’Micho’ Sredojevic watoje Amavubi yajyanwe mu nkiko ashinjwa gufata ku ngufu umugore

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Zambia Milutin ’Micho’ Sredojevic yahakanye (…)

Shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru yahagaritswe kubera ibibazo bya Covid-19

Minisiteri ya Siporo yasohoye itangazo rihagarika shampiyona y’u Rwanda y’umupira w’amaguru yari (…)

Abakinnyi 3 bagombaga gutoranywamo uwahize abandi ku isi muri 2020 bamenyekanye

Nubwo uyu mwaka utagenze nkuko babyifuza,Cristiano Ronaldo na Lionel Messi bongeye gushyirwa mu (…)

Kiyovu Sports yakomeje kuba intsina ngufi imbere ya APR FC

Ikipe ya APR FC yaherukaga gusezererwa na Gor Mahia mu mikino ya CAF Champions League,yiyunze (…)

Intambara ikomeye mu muryango wa Diego Maradona bapfa imitungo yasize

Ishyamba si iryeru mu muryango wa Diego Maradona kuko nyuma y’urupfu rwe,abana 6 yabyaye ndetse (…)

Mukura VS iri ku rwego rwo hasi yatsinzwe na AS Kigali y’abakinnyi 10

Ikipe ya AS Kigali yakinnye umukino wa mbere muri shampiyona y’u Rwanda ubwo yatsindaga Mukura (…)

Mushiki wa Cristiano Ronaldo yashyize hanze ifoto yibasira Messi bikabije

Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Elma Aveiro yibasiye bikomeye Lionel Messi kubera ifoto (…)

Mugisha Moise yamaze gusesa amasezerano na SACA ya Adrien ashinja kumukubita

Umukinnyi ukomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare, Mugisha Moise, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe (…)