skol
fortebet

Imikino

SKOL yagiranye ibiganiro na komite nshya ya Rayon Sports

Kuri uyu wa Kabiri, ubu buyobozi bushya bwa Rayon Sports bwakiriwe n’Umuyobozi Mukuru w’Uruganda (…)

Josep Maria Bartomeu yamaze kwegura ku buyobozi bwa FC Barcelona

Perezida wa FC Barcelona, Josep Maria Bartomeu,yamaze gutanga ubwegure bwe kuri uyu mwanya (…)

Mugheni Fabrice wakunzwe n’abafana ba Rayon Sports yerekanwe nk’umukinnyi mushya wa AFC Leopards [AMAFOTO]

Umukinnyi Kakule Mugheni Fabrice wahoze akina hagati mu kibuga muri Rayon Sports, yerekanywe (…)

Jose Mourinho yarakariye abakinnyi be kubera ibyo yabasanzemo nyuma y’umukino

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yarakariye abakinnyi be nyuma y’umukino wabahuje na Bunley (…)

Mikel Arteta yatangaje impamvu Arsenal ikomeje gutsindwa umusubirizo

Umutoza Mikel Arteta w’ikipe ya Arsenal yatangaje ko impamvu ikipe ye iri gutsindwa umusubirizo (…)

FC Barcelona yashinje umusifuzi wayisifuriye ku mukino wa El Clasico kuba umufana ukomeye wa Real Madrid

Ikipe ya FC Barcelona yamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne (…)

Lionel Messi yageneye ubutumwa Cristiano Ronaldo urwaye Covid-19 mbere yo guhura na Juventus

Kizigenza Lionel Messi ukinira ikipe ya FC Barcelona yavuze ko atifuza guhura na Juventus (…)

Pogba yise ibihuha amakuru yavugaga ko yasezeye mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa

Abicishije ku rubuga rwe rwa Twitter Pogba yamaganye inkuru zivuga ko yasezeye mu ikipe (…)

Cristiano Ronaldo ari mu mazi abira kubera ibyo aherutse gukorera mu Butaliyani

Rutahizamu ukomeye wa Juventus, Cristiano Ronaldo,ari gukorwaho iperereza na Leta y’Ubutaliyani (…)

Amavubi yasezereye abakinnyi 5 barimo Bayisenge Emery mbere yo kugaruka mu myitozo

Kuri uyu wa Mbere tariki 26 Ukwakira 2020, nibwo ikipe y’igihugu Amavubi yagarutse mu myitozo (…)

Biravugwa ko Paul Pogba yasezeye mu ikipe y’igihugu y’Ubufaransa kubera amagambo Macron yavuze ku bayisilamu

Umukinnyi Paul Pogba ukina hagati mu ikipe ya Manchester United no mu ikipe y’igihugu (…)

Abantu 06 banduye Covid-19 mu Rwanda mu gihe abandi 24 bayikize

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 25 Ukwakira 2020, abantu 06 (…)

Perezida mushya wa Rayon Sports ushaka kuyigira mpatsamakipe yahawe umukoro

Perezida Mushya wa Rayon Sports,Uwayezu Jean Fidele, yatangaje ko afite intego yo kongera (…)

Umukinnyi wakunzwe cyane muri Arsenal yatangiye kwitoreza muri pariki nyuma yo kubura ikipe [AMAFOTO]

Benshi mu bakunzi b’umupira w’amaguru ku isi by’umwihariko aba Arsenal bakunze impano ikomeye ya (…)

Perezida Mushya wa Rayon Sports ntiyiteguye kumena amafaranga ye mu ikipe nkuko abamubanjiirje babigenje

Ku munsi w’ejo nibwo inteko rusange ya Rayon Sports yatoye Uwayezu Jean Fidèle nka perezida (…)