skol
fortebet

Imikino

FERWAFA yongereye igihe isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA] ryatangaje ko isoko ryo kugura no (…)

Mikel Arteta yavuze ku cyemezo yafashe cyo gukura Ozil mu bakinnyi azakoresha muri Premier League

Umutoza wa Arsenal,Mikel Arteta yatunguranye atangaza ko ntacyo umutima we umushinja ku mwanzuro (…)

Zinedine Zidane yakoze agashya nyuma yo gutsindirwa mu rugo na Shakhtar Donetsk

Umutoza Zinedine Zidane utamerewe neza muri iyi minsi kubera ukuntu ari gutsindwa umusubirizo (…)

Aaron Wan-Bissaka yatewe indobo n’umukunzi we nyuma yo kubyarana n’undi mugore

Myugariro wa Manchester United, Aaron Wan-Bissaka,yatewe indobo n’umukunzi we nyuma y’aho (…)

Mason Greenwood yongeye kuvugwaho imyitwarire igayitse mu ikipe ya Manchester United

Rutahizamu Mason Greenwood wa Manchester United yongeye kuvugwa cyane mu binyamakuru byo mu (…)

Mesut Ozil yanenze bikomeye Arsenal nyuma yo gukurwa mu ikipe yemerewe gukina Premier League

Umukinnyi Mesut Ozil yanenze bikomeye ikipe ya Arsenal akinira nyuma y’aho akuwe ku rutonde (…)

Anthony Joshua na Ighalo barakajwe na Leta ya Nigeria yishe abaturage bigaragambya

Ibyamamare bitandukanye ku isi byagaragaje ko byamaganye Leta ya Nigeria kubera ukuntu (…)

Scott McTominay yakinnye umukino wose ijisho rye rimwe ritareba neza

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Manchester United witwa Scott McTominay yaraye akoze agashya (…)

Jules Ulimwengu yahakanye ibyo kuva mu Rwanda atorotse n’icyo atazibagirwa muri Rayon Sports

Rutahizamu Jules Ulimwengu wafashije Rayon Sports gutwara igikombe cya shampiyona cy’umwaka wa (…)

Umukino wa mbere ugomba guhuza u Rwanda na Cap Verde wimuriwe itariki

Umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika wagombaga guhuza CapeVerde n’u Rwanda tariki ya (…)

Koeman wizeye ko Messi azakina neza kurushaho ntabwo yiha amahirwe menshi yo kwegukana Champions League

Umutoza Ronald Koeman wa Barcelona avuga ko imikinire ya Lionel Messi "ishobora kuba myiza (…)

Aubameyang yahaye ubutumwa bukomeye abakomeje kumwibasira bamushinja gusubira inyuma

Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang ukomeje kwibasirwa na benshi kubera ko (…)

Jose Mourinho yongeye kwibasira Arsene Wenger wanze kumwandika mu gitabo yashyize hanze

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho,yatangaje ko atatunguwe n’uko mugenzi we Arsene Wenger wahoze (…)

Andrea Pirlo yibasiye abakinnyi be bananiwe gutsinda ikipe ikizamuka

Umutoza mushya wa Juventus,Andrea Pirlo yibasiye abakinnyi be bananiwe gutsinda ikipe ikizamuka (…)

Zinedine Zidane ari mu mazi abira kubera ikosa rikomeye ashinjwa n’ubuyobozi

Abayobozi batandukanye ba Real Madrid barakariye cyane umutoza wabo Zinedine Zidane kubera (…)