skol
fortebet

Imikino

Arsenal yasezerewe rugikubita muri Europa League Manchester United iha abafana bayo ibirori

Mu mukino w’iminota 120,Arsenal yongeye gutenguha cyane abakunzi bayo isezererwa muri 1/32 cya (…)

Micheal Sarpong yagarutse mu Rwanda afite inyogosho idasanzwe [AMAFOTO]

Nyuma y’aho ikipe ya Rayon Sports FC itangarije ko rutahizamu wayo ukomoka muri Ghana, Michael (…)

#TdRwanda: Restrepo yongeye gutwara agace mu irushanwa ry’uyu mwaka

Umunya Colombia,Jhonatan Restrepo yongeye guca mu rihumye abo bahanganye atwara agace ka 5 ka (…)

Frank Lampard arashaka kwirukana abakinnyi 8 kugira ngo akusanye amamiliyoni yo kubaka ikipe ikomeye

Umutoza wa Chelsea,Frank Lampard biravugwa ko ashaka kugurisha abakinnyi 8 asanzwe akoresha (…)

Champions League: Real Madrid na Juventus zitwaye nabi cyane bituma benshi bazitakariza icyizere

Amakipe y’ibigugu yahabwaga amahirwe yo kuba yakwegukana igikombe cya UEFA Champions League uyu (…)

Cristiano Ronaldo na bagenzi be bazakina na Inter Milan nta bafana bari muri stade kubera Coronavirus

Imikino itanu y’umupira w’amaguru muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Butaliyani izwi nka (…)

Casa Mbungo yahaye ubutumwa bukomeye abamushinja gukina umupira ubishye kandi wo guparika Bisi

Umutoza mushya wa Rayon Sports,Casa Mbungo Andre,yatangaje ko abantu bamutuka bamushinja ko (…)

#TdRwanda:Natnael Tesfazion yatwaye agace ka kane ahita yambara umwenda w’umuhondo

Umukinnyi w’ikipe ya Eritrea witwa Tesfazion Natnael niwe wegukanye agace karekare kurusha (…)

Umwe mu bakinnyi ba PSG yahishuye uburyo mugenzi we Angel Di Maria yanga Manchester United yahozemo

Umunyezamu wa PSG witwa Marcin Bulka yavuze ko mugenzi we bakinana Angel Di Maria yanga cyane (…)

Casa Mbungo yagizwe umutoza mushya wa Rayon Sports [Yavuguruwe]

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza ko Umunyarwanda Casa Mbungo wari umaze iminsi mu ikipe ya (…)

Rayon Sports yirukanye myugariro wayo imuziza imyitwarire mibi

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaz gutandukana na myugariro wayo Runanira Amza wari (…)

Champions League: Bayern Munich yandagarije Chelsea FC ku kibuga cyayo ,FC Barcelona irarusimbuka

Ikipe ya Chelsea FC yahuye n’iminota 45 mibi cyane mu mateka yayo, kuko mu gice cya kabiri (…)

Youri Djorkaeff wahesheje Ubufaransa igikombe cy’isi 1998 agiye gusura u Rwanda

Uwahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe y’Ubufaransa, Youri Djorkaeff, azasura u Rwanda muri iyi (…)

#TdRwanda:Restrepo yegukanye agace ka 3 kanyuze muri Nyungwe,Biniam ahita afata umwambaro w’umuhondo

Umunya Colombia witwa Restrepo Jhonatan ukinira ikipe ya Androni Giocattoli – Sidermec yo mu (…)

Umugore wa Kobe Bryant yareze kompanyi y’indege yahitanye abarimo umugabo we n’umukobwa we

Umupfakazi wa Kobe Bryant witwa Vanessa Bryant yatanze ikirego mu rukiko rwa Los Angeles arega (…)