skol
fortebet

Imikino

Klopp yahaye igisubizo gitangaje umwana w’imyaka 10 wamwandikiye amusaba guhagarika gutsinda

Umutoza wa Liverpool,Jurgen Klopp yakiriye ibaruwa itangaje y’umwana muto wamwandikiye amusaba (…)

Umutoza Tony wa Mukura VS yahaye rugari abanyarwandakazi bifuza gukundana nawe avuga umukinnyi akunda mu Rwanda n’icyo azakorera Rayon Sports

Umutoza wa Mukura VS,Tony Hernandez waraye yujuje imyaka 39 yagiranye ikiganiro n’abafana b’iyi (…)

Munyakazi Sadate yiyemeje kujyana mu nkiko umuyobozi wa SKOL wibasiye Rayon Sports

Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yatangaje ko agiye kujyana mu nkiko Bwana Ivan (…)

Umuyobozi wa SKOL yibasiye bikomeye ikipe ya Rayon Sports bafitanye amasezerano

Umuyobozi w’uruganda rwa SKOL witwa Ivan Wulffaert yumvikanye avuga amagambo yuzuye uburakari no (…)

Jose Mourinho yatsindiwe mu rugo muri Champions League bituma atangaza amagambo akomeye

Umutoza wa Tottenham,Jose Mourinho yitwaye nabi mu rugo mu mukino ubanza wa 1/16 cya UEFA (…)

FERWAFA yahaye igihe ntarengwa Rayon Sports n’andi makipe adafite abatoza bafite ibyangombwa bisabwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamenyesheje amakipe yo mu cyiciro cya (…)

FERWAFA yemereye Gicumbi FC kongera kwakirira imikino ku kibuga cyayo

Ikipe ya Gicumbi FC yakomorewe na FERWAFA ihabwa uburenganzira bwo kongera kwakirira imikino ku (…)

Nemanja Matic yaciye ibintu kubera umugati wihariye yahaye umwana we ku isabukuru ye [AMAFOTO]

Umukinnyi Nemanja Matic ukina hagati mu ikipe ya Manchester United yatunguye umwana we ku (…)

Atletico Madrid na Dortmund zatangiye neza 1/16 cy’irangiza cya UEFA Champions League

Ikipe ya Atletico Madrid na Borussia Dortmund zaraye zitwaye neza mu mikino ibanza ya 1/16 cya (…)

Kevin de Bruyne azahomba akayabo Manchester City nitsindwa igahagarikwa imyaka 2 muri Champions League

Umukinnyi Kevin De Bruyne ufite ubuhanga budasanzwe mu kibuga hagati by’umwihariko mu ikipe (…)

U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Uganda muri CHAN 2020

Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya nyuma ya CHAN 2020 izabera muri Cameroon yamaze (…)

Stephen Curry ukundwa na benshi muri NBA n’umugore we baciye ibintu kubera ifoto bashyize hanze bari gusomana bidasanzwe [AMAFOTO]

Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Golden State Warriors, Stephen Curry w’imyaka 31,yaciye ibintu (…)

Rayon Sports na APR FC zatomboranye n’ibigugu mu mikino y’igikombe cy’Amahoro 2020

Amakipe y’ibigugu hano mu Rwanda Ariyo APR FC na Rayon Sports zamaze kumenya amakipe zizahura (…)

Amavubi yamenye inkangara aherereyemo muri Tombola y’amatsinda ya CHAN 2020

Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020, nibwo mu mujyi wa Yaounde muri Cameroon (…)

Perezida Kagame yahuye na perezida wa CAF na Samuel Eto’o baganira ku nshingano bifuza guha u Rwanda

Kuri iki cyumweru taliki ya 16 Gashyantare 2020,Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul (…)